skol
fortebet

Idris Elba yashimiye abantu bose bari kumuha impundu kandi atabyaye

Yanditswe: Tuesday 15, Sep 2020

featured-image

Sponsored Ad

skol

Idris Elba avuga ko we n’umugore we batabyaye, aya ni amakuru yari yatangiye gukwirakwira mu bitangazamakuru bitandukanye, bavugako uyu mugabo yibarutse umwana w’umukobwa ndetse abakunzi be bari batangiye kumuha ubutumwa bumushimira ko yibarutse umukobwa.

Uyu mukinnyi yashakanye n’umugore we wa gatatu muri 2019.

Sponsored Ad

Umukinnyi w’umwongereza, Idris Elba yahakanye amakuru avuga ko we n’umugore we, Sabrina bakiriye neza umwana wabo wa mbere.

Uyu mukinnyi wa sinema yabimenyesheje abinyujije ku rubuga rwe rwa Twitter ku wa mbere, tariki ya 14 Nzeri 2020, aho yamaganye ayo makuru.

Yanditse kuri Twitter ati: “Sab @Sabrinadhowre Ndabashimiye mwese ariko ntitwabyaye .. .. ibyo ntabwo arukuri. Ntukizere ibyo usoma byose. mugubwe neza”.

Elba numukinnyi w’umwongereza, umwanditsi, producer, umuraperi, umuririmbyi, umwanditsi windirimbo, na DJ.

Yasezeranye na Sabrina Dhowre wo muri Somaliya-Umunyakanada ku ya 10 Gashyantare 2018, ubwo yerekanaga filime ye Yardie i Londere.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa