skol
fortebet

Imibyinire y’umuhanzikazi wo muri Uganda ’Nwagi’ yabyinnye atsirita ikibuno cye ku bana b’abahungu b’abanyeshuli yateje impaka zidasanzwe

Yanditswe: Wednesday 17, Jul 2019

Sponsored Ad

skol

Umuhanzikazi Winnie Nakanwagi uzwi nka Winnie Nwagi ubarizwa muri Label ya Swangz Avenue ,akomeje kuvugisha abantu batari bake muri Uganda nyuma y’amashusho yakwirakwijwe amugaragaza ari kubyinisha mu mu buryo budasanzwe abana b’abanyeshuli biga mu ishuri rikuru rizwi rya St. Mary College Kisubi.

Sponsored Ad

Muri iyi Video,abanyeshuli bake b’abahungu bahamagawe ku rubyiniro umuhanzikazi Nwagi n’ababyinnyi be b’abakobwa bari bariho,maze matangira kubabyinisha mu buryo budasanzwe babikubaho,Imibyinire yari yatangaje abandi banyeshuli bari aho.

Nubwo imyitwarire y’uyu muhanzikazi ku bana b’abanyeshuli itakiriwe neza mu baturage ba Uganda,gusa we nk’akazi avuga ko yageze ku ntego ye kuko yari yatumiwe kuri kiriya kigo kugira ngo abashimishe,ndetse akaba yakomeje agir’ati "Buri muhungu wese w’umunyeshuli udafite umukunzi akwiye umwana ’Bby’ byibura mu buryo bwose...mwindakarira ndananiwe..",akaba yatangaje ibi mu buryo bwo kwiregura.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa