skol
fortebet

Imiterere y’igitsina cy’umuhanzikazi wo muri Uganda ikomeje gutaramirwaho n’abatari bake ku mbuga nkoranyambaga(AMAFOTO)

Yanditswe: Sunday 20, Aug 2017

Sponsored Ad

skol

Umuhanzikazi wo mu Gihugu cya Uganda Winnie Nwagi umenyerewe cyane mu mafoto akurura abagabo, yongeye gutangaza abari bitabiriye ibirori yari yatumiwemo kubera umwambaro ugaragaza neza ishusho n’imiterere y’igitsina cye.
Uyu muhanzikazi ukunzwe cyane muri iki gihugu cya Uganda, benshi bamuzi kubera indirimbo ye yise “olukoba” ariko kandi benshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bamuzi kurushaho kubera amafoto y’urukozasoni akunze gushyiraho. Ubwo yageraga ku rubyiniro mu birori byabereye mu (...)

Sponsored Ad

Umuhanzikazi wo mu Gihugu cya Uganda Winnie Nwagi umenyerewe cyane mu mafoto akurura abagabo, yongeye gutangaza abari bitabiriye ibirori yari yatumiwemo kubera umwambaro ugaragaza neza ishusho n’imiterere y’igitsina cye.

Uyu muhanzikazi ukunzwe cyane muri iki gihugu cya Uganda, benshi bamuzi kubera indirimbo ye yise “olukoba” ariko kandi benshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bamuzi kurushaho kubera amafoto y’urukozasoni akunze gushyiraho.

Ubwo yageraga ku rubyiniro mu birori byabereye mu mugi wa kampala, yatangaje imbaga nyamwinshi y’abafana kubera imyambaro imugaragaza igitsina yari yambaye, benshi bamubonye bihutiye kumufotora no gufata ama videwo ku buryo bugaragaza ko bishimye ndetse banatangara cyane.

Iyi myambaro y’uyu muhanzikazi yakomeje kuvugisha benshi, bamwe batangarira ingano y’igitsina cye abandi b’abakire bahatanira gusangira nawe mu birori bikunzwe kwitwa after show, aho abari mu gitaramo biyakirira nyuma y’igitaramo nyamukuru.

Umugi wa kampala ni umugi ubonekamo utubyiniro dutandukanye, uyu mukobwa bivugwa ko ari mu bahanzikazi binjira mu tubyiniro tugahita tugira abakiriya mu buryo butangaje.

Nk’uko ibinyamakuru bitandukanye muri iki gihugu bikunze kubigarukaho, ngo uyu muhanzi akunzwe cyane n’igitsina gabo, kubera imiterere y’umubiri we ariko by’akarusho imyambaro imuranga mu birori bitandukanye ikurura abagabo.

Ibi kandi byihongeraho ubwisanzure agirana n’abafana be kuko atajya yinubira abagabo bamukorakora ari ku rubyiniro, bigatuma arushaho kwikururira abafana.

Kuva aya mafoto yajya ahagaragara benshi bakomeje kugenda bayohererezanya, abandi bayabika muri telephone zigendanwa na mudasobwa, bagamije kujya bashimishwa no kureba ubwiza n’umutungo uyu mugore yibitseho.

Ibitekerezo

  • Iyi isi tubamo yaremwe n’Imana Rurema ndetse natwe abantu twaremwe nayo ariko hari icyo umwana w’umuntu yakoze cyatumye umubano ndetse n’amahoro yari afitanye n’Imana bicika: ICYAHA. Ibyo byatumye haza gutandukana k’umuntu n"Imana bikavamo umuvumo ku bwoko bw’umuntu. Ubwo rero ABANTU BOSE BAKOZE ICYAHA (nta n’umwe usigaye) bakaba BAKWIRIYE IGIHANO kiva ku Mana. Ariko INKURU NZIZA ni uko IMANA YAKUNZE ABANTU BOSE cyane igashaka uko yunga n’abo. Yatanze YESU KRISTO Umwana wayo kugirango aze KUDUPFIRA KU MUSARABA azira IBYAHA byacu AKAZUKA iminsi nyuma y’iminsi itatu. Ubu ariho nk’UMWAMI W’ABAMI utazapfa kandi utazasaza. Ubwo rero IKINTU KIMWE GUSA Imana ishaka ku muntu ni uko YEMERA KO ARI UMUNYABYAHA kandi ko ibyaha bye BIZAMURIMBURA BURUNDU (azajya mu muriro udashyira HELL cyangwa ENFER). Akemera ko YESU KRISTO yamupfiriye kandi AKEMERA KO AMUBERA UMWAMI WE AKAMWAKIRA MU BUZIMA BWE. Ibyo rero birasaba ko umuntu ASENGA ASABA YESU KRISTO kumubera UMUKIZA (amukiza igihano cya burundu cy’Imana) AKAMUBERA UMWAMI. - Ibyo bizatuma ahinduka UMWANA w’Imana nkuko Yesu ari we (Yohana 1, 12) - Bizatuma ababarirwa IBYAHA BYOSE YAKOZE (Acts 10, 43) ndetse n’ibyo ashobora KUZAKORA (urwandiko rwa mbere rwa Yohana igice 2, umurongo 1) - Bizatuma AHABWA UBUGINGO BUHORAHO (urwandiko rwa mbere rwa Yohana igice 5, umurongo 13). Ibi nibyo bintu IMANA YAHAYE AGACIRO KURUTA BYOSE ku kiremwa muntu bikaba ari byo YIFURIZA UMUNTU WESE kuko yemeye gutanga ikiguzi kinini cyane ubwo YESU yapfaga ku musaraba. Muvandimwe rero ibi nta kiguzi bisaba kandi bizagukiza Ubugingo. GIRA AMAHORO.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa