skol
fortebet

Mu Kinyarwanda kirimo imyandikire igoramye,Sunny yifatiye ku gahanga abantu bose bavuga ko afite amabere yaguye[AMAFOTO]

Yanditswe: Saturday 26, Sep 2020

featured-image

Sponsored Ad

skol

Umuhanzikazi Ingabire Dolcas Sunligth wamamaye nka Sunny, umwe mubanyadushya bazwi muri muzika hano mu Rwanda

Sponsored Ad

Sunny yifashishije urubuga rwe rwa instagram yavuzeko abantu bose bavugako afite amabere yaguye, ngo niba babonako ayo mabere yabahagararira ku nzu nk’ipoto cyangwa uwo yahagararira mubuzima bwe bwa buri munsi ngo yabwira uyu muhanzikazi agahagarika ayo mabere ye.

Mukinyarwanda kirimo imyandikire idasomeka neza, Sunny yagize ati “Halya ngo phite am bere yaguye uziko yamuhagaralira murukiko cyagwa akamuhagararilakunzu nkipoto cyagwa akamuhagaralira mubuzimabwe bwaburimutsi a abwire ndare nyahagaritse”

Mubakurikirana uyu mugore, abenshi bamusetse cyane bitewe n’imyandikire y’ikinyarwanda, abandi bamuha urwamenyo kubera imvugo yakoresheje

Uwitwa benimana_jackie yagize ati “Hahhh jya ubambwirira abantu bakunda kureba n’ibitabareba kabisa, people nowadays don’t know how to mind their own business”

Naho uwitwa mudenge_jos65 “ubund nuruhe rurimi wavuga ukanandika neza kok sunny😂😂😂 ziko nta rurim narumwe uzi”

Sunny ni umwe mubahanzi bazwiho udushya hano mu Rwanda, yamamaye cyane ubwo yakoranaga indirimbo n’umuhanzi Bruce Melody bise “Kungola”.

Sunny ni umugore afite n’umwana, aba muri Kenya ariko muzika ye izwi mu Rwanda ndetse ninaho akunda kuyimenyekanisha.

Sunny n’umwana we w’umukobwa


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa