skol
fortebet

Nyamirambo: Umukobwa uzwi ku kabyiniro ka Milo akomeje gusakaza amafoto ye hanze yiyambitse ubusa

Yanditswe: Wednesday 21, Feb 2018

Sponsored Ad

skol

Umukobwa utuye mu gace ka Nyamirambo uzwi ku kabyiniro ka Ishema Milo akomeje gusakaza amafoto ye hanze yambaye imyenda igaragaza ibice bye by’ ibanga.
Milo akaba yatangiye kujyenda ashyira ahagaragara aya mafoto kuri konte ye ya instagram kuva mu cyumweu gishize. Uyu munsi nibwo yunzemo andi mafoto agaragaza yambaye bikini ndetse n’ andi yambaye imyenda igaragaza ibibero bye benshi bafata nko kwambara ubusa .
Ubusanzwe abazi ndetse bakurikiranira hafi uyu munyarwandakazi Milo bemeza neza (...)

Sponsored Ad

Umukobwa utuye mu gace ka Nyamirambo uzwi ku kabyiniro ka Ishema Milo akomeje gusakaza amafoto ye hanze yambaye imyenda igaragaza ibice bye by’ ibanga.


Milo akaba yatangiye kujyenda ashyira ahagaragara aya mafoto kuri konte ye ya instagram kuva mu cyumweu gishize. Uyu munsi nibwo yunzemo andi mafoto agaragaza yambaye bikini ndetse n’ andi yambaye imyenda igaragaza ibibero bye benshi bafata nko kwambara ubusa .

Ubusanzwe abazi ndetse bakurikiranira hafi uyu munyarwandakazi Milo bemeza neza ko uyu mukobwa benshi bamufata nk’ umufana w’ umuyamideri Amber Rose wanditse amateka mu gihugu cya Leta zunze ubumwe z’ Amerika kubera ko akunzwe kwisanisha nawe haba mu myambarire n’ uko agaragara kumbuga nkoranyambaga .
REBA AMAFOTO AMAZE GUSHYIRA HANZE:



Ibitekerezo

  • muge mureka gutangaza inkuru zubugoryi ubwose ubusa burihe woe uwagusaba ubusa wazana buriya
    mujye mushaka amagambo asobanutse mushyira kumitwe yinkuru zanyu

    Abakobwa barimo kurushanwa kwambara ubusa.Kubera ko n’ubundi bambarira ubusa abagabo basambana,bumva kwambara ubusa ari "ishema" kandi bigatuma bamenyekana.Muli make,baba bikorera "publicity",noneho Abakiliya bakiyongera.Nubwo bibeze gutyo,mujye mwibuka ko ari kimwe mu bintu biranga iminsi y’imperuka (2 Timote 3:1).
    Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe gusa umuntu tuzabana binyuze mu mategeko.Millions and millions z’abantu,ntabwo bazi ko gusambana ari icyaha kizatuma batabona ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka kandi ntuzazuke.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.Nibyo bita “Spiritual Myopia”. Abantu bumvira imana,bazazuka ku munsi w’imperuka nkuko Yesu yavuze muli Yohana 6,umurongo wa 40.Hanyuma imana ibahembe ubuzima bw’iteka muli Paradizo.

    njye ntibyantangaza mbonye umuntu ashyira amafoto ye hanze ameze gutya, arega burya iyo ubona ibintu byawe bimaze guta agaciro nta bantu bakibineye ubita ahariho hose, buriya arabona ntacyo ahisha nyine, none se abigenze ate. iyo umuco watakaye byose niko bigenda nta ndangagaciro uba ugisigaranye nta na kirazira

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa