skol
fortebet

Nyampinga wa Senegal w’uyu mwaka yibasiwe bikomeye bavuga ko ariwe Miss mubi ubayeho mu mateka y’isi[AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 06, Feb 2020

Sponsored Ad

skol

Ndèye Fatma Dione, nyampinga wa Senegal wa 2020 ntiyemeranya n’abakomeje kumunenga bavuga ko ari mubi.Ndèye Fatma kuva yatorwa tariki 25 Mutarama 2020 abakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje kumwibasira bavuga ko ikamba yahawe atarikwiye.

Sponsored Ad

Uyu mukobwa avuga ko nubwo akomeje kwibasirwa n’abamubwira ko ari mubi ntangaruka mbi bizamugiraho ngo ahubwo bizamugiraho ingaruka nziza kuko bizatuma akora cyane kugira ngo yiyubake kurushaho.

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru ryo muri Senegal yavuze ko ari mwiza. Yagize ati “Ndi mwiza cyane kandi ndabizi. Nibona nk’umunyamideli, gusa nifuza kuzaba umunyakamuru wa television, birashoboka, nkanjya nkora ibiganiro ngatumira abantu kuko nkunda itangazamakuru cyane”.

Ndèye Fatma Dione avuga ko ikamba yahawe arikwiriye, ati “Abavuga ko ntari mwiza , ibyo birabareba, natowe nka miss wa Senegal kandi ibyo ntabwo bisobanuye ko ari njye mukobwa wa mbere mwiza ku Isi”






Ibitekerezo

  • Yewe uyu we ni aho aba miss babuze pe! sinavuga ko ari mubi kuko ni ikiremwa cy’Imana ariko n’amaso araguha pe!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa