skol
fortebet

Papa wa Diamond yamusabye kumwibuka nkuko ari kubigenza ku bandi

Yanditswe: Tuesday 05, May 2020

Sponsored Ad

skol

Mu magambo umubyeyi w’umuririmbyi Diamond Platnumz yaganirije umunyamakuru wo muri Tanzanie yamusabye kumwibuka kuko ari umubyeyi we ndetse anavuga ku kuntu babonana igihe byihutirwa cyane kandi ko nawe yamufasha nk’uko ari kubikorera abandi baturage ba Tanzania.

Sponsored Ad

Mzee Abdul Juma sekuru wa Junior Naseeb yavuze ko hari igihe akenera kuvugana n’umuhungu we akamubura akamutumaho Babu Tales umujyanama we mukuru. “Ntabwo tujya tuvugana gusa rimwe na rimwe tubwira Babu Tale ntabwo wahatira umuntu kugira icyo akora”, ibi byavuzwe na papa wa Diamond Platnumz nyumwa yaho yari yemeye ko agiye kwishyurira abantu 500 ubukonde bw’inzu amezi atatu muri ibi bihe bya guma mu rugo.

” Ntabwo tujya tumarana umwana munini ku buryo ntatinya kuvuga ko yanyibagiwe, Imana itanga imbabazi nawe izamubabarire”.

Umubyeyi wa Diamond Platnumz amusaba kumwibuka. gusa mu minsi ishize uyu mubyeyi yari yavuze ko atarenganya umuhungu we kuba badahuza ibintu ngo babyumve kimwe ndetse umwaka ushize bari bajyanye mu kiganiro kuri imwe mu ma Radio yo muri Tanzanie.

Umwe mu bagore bakundanye na Diamond Platnumz witwa Zari Hassan aheruka kumushinja ko afasha abandi mu gihe atazi neza uko abana be babayeho ndetse nyuma Diamond Platnumz aza gushyira ku rukuta rwe rwa Instagram amashusho ari kuvugana n’abana yabyaranye na Zari, Tiffat Dangote na Prince Nillah.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa