skol
fortebet

Tanasha yasubije mu buryo butangaje uwamwise umunebwe mu buriri

Yanditswe: Monday 04, May 2020

Sponsored Ad

skol

Tanasha Donna yashubije inshuti ya diamond Platnumz witwa Juma Lokole, usanzwe ari umutinganyi, nyuma yo kuvuga ko yari umunebwe mu buriri, akaba anigira umwamikazi (Slay Queen).

Sponsored Ad

Mu nyandiko yanditse ku nkuru ye ya Insta, Mama Naseeb Junior (Tanasha), yavuze ko amato arimo ubusa ariyo avuza urusaku rwinshi, kuko yibazaga amasegonda uyu musore yamara mu buriri, avuga ko Juma Lokole atazigera amenya uko byifashe kuko aryamana n’abo bahuje igitsina. Yagize ati:

Umunebwe? Kuki utangerageza ngo wemeze niba ibi ari ukuri… Wamara amasegonda angahe? Nako tegereza… Nibagiwe, ntabwo ubikorana n’abagore, ndakeka rero ko utazigera ubimenya. Ariko yewe… Uzi uko bajya bavuga, Amato arimo ubusa niyo avuza urusaku rwinshi

Muyindi nyandiko, Tanasha Donna yibajije impamvu abantu bamwe bagira ibintu bibi byo kuvuga kubandi bantu batazi, nta n’icyo babaziho. Ati:

Birababaje ukuntu abantu bamwe babafite ibintu bibi byo kukuvugaho gusa kandi nta n’ikintu na kimwe bazi kuri wowe. Wibuke ko amazimwe asangizwa n’ababwiwe ibinyoma, ari nabo bakunze kumvikana nkibicucu mugihe bakomeje gukora iyo kinamico bateza imvururu.

Aya magambo aje nyuma yuko amashusho yasakajwe n’uyu mukozi wa Diamond Juma Lokole, avuga ko Tanasha Donna yajugunywe se w’umwana we amuziza ubunebwe mu buriri.

Mu kiganiro kuri televiziyo, Lokole yagarutse ku magambo ya Chibu Dangote, avuga ko yari yiteguye kurongora Mama Naseeb Junior, avuga ko ubunebwe bwa Madamu Donna mu buriri ari bwo bwatumye umubano wabo urangira. Ati:

Tanasha yigiraga umwamikazi cyane, bitabaye ibyo yari kuba Tanasha, mu nzu mu gihe ari weekend ndende, fata umugabo, mukore massage, mwiyakire mumere neza. Ariko niba ugumye mu nzu nk’umwiyahuzi waturutse muri Kongo, ugaceceka cyane, gusa wowe na televiziyo gusa!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa