skol
fortebet

Tupac bivugwa ko yishwe yafotowe ari mu gihugu cyo muri Africa bituma benshi bacika ururondogoro ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye

Yanditswe: Friday 04, Jan 2019

Sponsored Ad

Hongeye kugaragara amafoto y’umuraperi Omar Shakur wari uzwi nka Tupac ari mu gihugu kimwe cyo muri Africa ndetse uwashyize hanze avuga ko agenda yihishahisha kugira ngo azigaragarize isi ku wa 13 Nzeri uyu mwaka.
Tupac bivugwa ko yarashwe amasasu 4 mu gituza taliki ya 7 Nzeri 1996 ubwo yari avuye kureba umukino w’iteramakofe w’igihangange Mike Tyson bikamuviramo urupfu,akomeje gutuma benshi bacika ururondogoro kuko uko bucya bukira hagaragazwa amafoto ye ari mu bihugu bitandukanye.
Uyu (...)

Sponsored Ad

Hongeye kugaragara amafoto y’umuraperi Omar Shakur wari uzwi nka Tupac ari mu gihugu kimwe cyo muri Africa ndetse uwashyize hanze avuga ko agenda yihishahisha kugira ngo azigaragarize isi ku wa 13 Nzeri uyu mwaka.

Tupac bivugwa ko yarashwe amasasu 4 mu gituza taliki ya 7 Nzeri 1996 ubwo yari avuye kureba umukino w’iteramakofe w’igihangange Mike Tyson bikamuviramo urupfu,akomeje gutuma benshi bacika ururondogoro kuko uko bucya bukira hagaragazwa amafoto ye ari mu bihugu bitandukanye.

Uyu munsi kuri You Tube imwe,uwitwa Michael Nice yavuze ko azi igihugu Tupac aherereyemo muri Africa ndetse azigaragaza ku I taliki ya 13 Nzeri uyu mwaka,mu mashusho y’iminota 10.

Michael Nice yamaze iyi minota ari kuvuga ukuntu Tupac ari muri Africa ndetse n’ukuntu yagiye yimurwa buri kanya kugira ngo aticwa.

Micheal yagize ati “Hagize ikintu kibi kimbaho iyi foto izaba yarageze ku isi yose.”

Iyo foto yagaragazaga abantu 3 barimo abazungu 2 n’umwirabura umwe Micheal yavuze ko ari Tupac ndetse abantu bayirebye bemeza ko ariwe koko.

Tupac yagaragaye ari kumwe n’abantu 3 mu nkambi ndetse benshi bavuze ko ari umuntu usa nawe baba bakabije gusa cyane.

Mu minsi ishize hasohotse amafoto agaragaza uyu muraperi ari muri Cuba andi amugaragaza ari mu gihugu cya Malaysia.


Ifoto ya Tupac ari kumwe n’abazungu 2 yaciye ibintu

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa