skol
fortebet

Umugabo w’ umushoferi yakarabirijwe ku karubanda yambaye ubusa kubera umwanda

Yanditswe: Thursday 22, Feb 2018

Sponsored Ad

skol

Umushoferi uzwi nka Alias Mumunya uri mukigero cy’ imyaka 32 y’ amavuko ukomoka mu igihugu cya Kenya .yarakarabijwe n’ inshuti ze ku karubanda nyuma y’ igihe kikini uyu mugabo atikoza amazi ku mubiri we . Ibi bikaba byarabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu taliki ya 21 ku isaha ya saa 2 ubwo uyu mugabo yavaga ku kazi agiye iwe murugo gufata amafunguro agasanga zimwe mu inshuti ze zimutegereje zigahita zimufata zikamwambura ubusa zigatangira kumukarabya ndetse no kumusiga amavuta . (...)

Sponsored Ad

Umushoferi uzwi nka Alias Mumunya uri mukigero cy’ imyaka 32 y’ amavuko ukomoka mu igihugu cya Kenya .yarakarabijwe n’ inshuti ze ku karubanda nyuma y’ igihe kikini uyu mugabo atikoza amazi ku mubiri we .

Ibi bikaba byarabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu taliki ya 21 ku isaha ya saa 2 ubwo uyu mugabo yavaga ku kazi agiye iwe murugo gufata amafunguro agasanga zimwe mu inshuti ze zimutegereje zigahita zimufata zikamwambura ubusa zigatangira kumukarabya ndetse no kumusiga amavuta .
Amakuru atandukanye dukesha itangazamakuru ryo muri kenya rikaba ryatangaje ko ubusanzwe uyu mugabo ntamugore agira ndetse akunda akazi gusa akaba yarafite ingeso yo kujya gutwara abagenzi atakarabye umubiri wose aho benshi binubiraga impumpuro ye mbi .akaba yatangaje ko ubusanzwe ataha bwije kandi ananiwe akabura umwanya wo koga ndetse bugacye abyukira mu kazi .

Bamwe mu abagenzi yatwaraga mu imodoka batangarije itangazamakuru ko bagiraga isoni zo kubwira uyu mugabo ngo ajye akaraba kuko babonaga ashobora kubamerera nabi cyangwa akaba yabakoresha impanuka kubw’ umujinya
Nyuma yuko Alias Mumunya akarababijwe akaba yahise ahabwa imyenda ndetse yihana kutazongera gusubira gutwara abagenzi atakarabye niko kumuha nzira asubira ku kazi akora ko gutwara abantu .

Ibitekerezo

  • Nahano iwacu barahari aba Motari bafite umwanda, banuka, amashyirahamwe, yabo icyo areba namafaranga gusa! !

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa