skol
fortebet

Umugabo yashyingiranwe n’abagore 2 ku munsi umwe [AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 13, Dec 2018

Sponsored Ad

skol

Umugabo utatangajwe amazina w’i Kisaju, mu gace ka Kajiado, muri Kenya, yasezeranye n’abagore babiri umunsi umwe.

Sponsored Ad

Umugabo utatangajwe amazina ye utuye i Kisaju mu gace kitwa Kajiado mu gihugu cya Kenya yashyingiranwe n’abagore 2 ku munsi umwe bitungura benshi.

Mu ikositimu y’ubururu, ishati y’umwe n’inkweto, uyu mugabaro yari hagati y’abagore babiri, nabo bambaye amavara yera, imbere yabo hari abana b’ibitsina byombi babambariye.

Nk’uko ikinyamakuru Tuko cyo muri Kenya kibitangaza, ngo ubu bukwe bwatangaje benshi ndetse bunahuruza itangazamakuru.

Ku mbuga nkoranyambaga, ubu bukwe ngo bwabaye ikiganiro, aho bamwe bashima uyu mugabo ko yakoze igikorwa cya gitwari, mu gihe abandi bo banenga iri torero ryabasezeranyije mu gihe mu myemerere ya gikiristo umugabo yemerewe kurongora umugore umwe.

Ibitekerezo

  • Yesu yadusabye gutunga umugore umwe gusa.Yerekana ko impamvu Abayahudi barongoraga abagore benshi aruko bari barananiye imana.Ariko Amadini avangira Imana yacu kubera "kwishakira amafaranga".Umva ko idini ryabasezeranyije.This is Hypocrisy.Inshuro nyinshi,Yesu yatubujije "gukunda ibyisi".Ndetse bible yerekana ko abantu bose bakunda ibyisi batazabona ubuzima bw’iteka.Bisome muli 1 Yohana 2:15-17.Niba dushaka kuzaba muli paradizo iteka ryose nta gupfa,dukore kugirango tubeho,ariko dushake imana cyane,kandi tuzarokoke ku munsi w’imperuka.Niyo twapfa,imana izatuzura ku munsi wanyuma.Ni Yesu ubwe wabivuze muli Yohana 6:40.Ntacyo bimaze "kwishimisha" mu bagore,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa