skol
fortebet

Umugore byamurenze maze yiyemeza kuba Sugar Mummy wa Timaya

Yanditswe: Wednesday 20, May 2020

Sponsored Ad

skol

Umugore w’imyaka 53 yigeze gukora ibidasanzwe kubera urukundo yakundaga umwe mubanyamuziki bo mu gihugu cya Nigeria witwa Timaya ariko umuhanzi amenya ubutumwa ntiyagira icyo atangaza ku cyifuzo yagejejweho n’umugore ukuze.

Sponsored Ad

Nta handi byaciye kuko umugore yatambukije icyifuzo cye ku rubuga rwa Instagram,asobanura byimbitse impamvu abona umuhanzi Timaya akwiye kwemera ko amubera inshuti n’ubwo ari mukuru.

yavugaga ku ifoto Timaya yari ashyize kuri instagram maze nawe ashyiraho ubutumwa avuga uko yumva akwiriye kwitabwaho n’icyamamare mu kuririmba,”ugaragara nk’umuntu ukomeye,reka nkubere Sugar Mummy “.

Chinelo ntabwo ari umugore uzwi cyane gusa ibinyamakuru byo muri Nigeria bimuvuga nk’umugore ukora umwuga w’ubucuruzi, ukunda tatuwaje no kugenda ndetse akaba umugore utagira umugabo. Ntabwo Timaya yigeze agira icyo avuga ku cyifuzo cya Chinelo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa