skol
fortebet

Umuhanzi Mavado wo muri Jamaica nyuma yo gukora igitaramo cy’amateka muri Gambia yahise agabirwa yo ubutaka azubakamo ndetse ahabwa n’ikaze ry’ibihe byose(AMAFOTO+VIDEO)

Yanditswe: Monday 22, May 2017

Sponsored Ad

skol

Umuhanzi akaba na Deejay Mavado ukomoka muri Jamaica wamenyekanye mu njyana ya dancehall aherutse kwegukana impano idasanzwe y’ubutaka yagabiwe mu gihugu cya Gambia nyuma y’igitaramo cy’imbaturamugabo yakoreye muri iki gihugu.
Ni mu gitaramo cyabaye kuwa Gatandatu ushize aho abantu basaga 50,000 bari baje kwihera ijisho igitaramo cy’uyu muhanzi ndetse ko Stade y’Ubwigenge ya Bakau ikaba yari yuzuye. Abateguye iki gitaramo ngo bishimiye cyane umusaruro wavuyemo, bavuga ko Mavado ahawe ikaze (...)

Sponsored Ad

Umuhanzi akaba na Deejay Mavado ukomoka muri Jamaica wamenyekanye mu njyana ya dancehall aherutse kwegukana impano idasanzwe y’ubutaka yagabiwe mu gihugu cya Gambia nyuma y’igitaramo cy’imbaturamugabo yakoreye muri iki gihugu.

Ni mu gitaramo cyabaye kuwa Gatandatu ushize aho abantu basaga 50,000 bari baje kwihera ijisho igitaramo cy’uyu muhanzi ndetse ko Stade y’Ubwigenge ya Bakau ikaba yari yuzuye. Abateguye iki gitaramo ngo bishimiye cyane umusaruro wavuyemo, bavuga ko Mavado ahawe ikaze igihe cyose muri Gambia ndetse bamuha impano y’ubutaka nk’ishimwe ry’uko yabashimishije cyane.


MAVADO ARI GUSINYIRA UBUTAKA YAHAWE BUNGANA NA HECTARE 20 ZOSE

Uyu muhanzi Mavado, usanzwe yitwa David Brooks, bikaba bivugwa ko icyo gitaramo cyari icyambere akoreye muri kiriya gihugu, akaba yarahise asinyirwa impapuro zimuhesha uburenganzira ku butaka yatsindiye bungana na Hegitale 20 "20 hectare".

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa