skol
fortebet

Umuhanzi wo muri Kenya yatomaguye Wema Sepetu bizamura amarangamutima ya benshi

Yanditswe: Friday 29, Nov 2019

Sponsored Ad

skol

Umuhanzi wamamaye nka Nviiri the Storyteller mu gihugu cya Kenya ukorera umuziki we mu nzu ya Sol Generation records yavuze ibisingizo bidasanzwe kuri Wema Sepetu amusaba urukundo.

Sponsored Ad

“Ese ubu rimwe koko nshobora kuzamuha ubutumwa bugufi bwihuse nkasigamo numero yanjye?”, Umuhanzi Nviiri wo muri Kenya asingiza Wema Sepetu akanamwita umwamikazi. mu byazamuye amarangamutima y’uyu muhanzi kugeza ubwo yifuza ko Wema wakundanye na Diamond amubera umukunzi ni uko yagiye akunda gukwirakwiza indirimbo ze bityo bikagira igisobanuro gikomeye kuri we.

Nyuma y’ubu butumwa bwatanzwe na The storyteller yakomeje gushimangira ko ari ingaragu bikomeye “ndi ingaragu ikaze”.”Biterwa n’umuntu ubaza uwo ariwe, ndi ingaragu nta mubano ndimo”.

Wema Sepetu yakundanye n’umuhanzi Diamond Platnumz igihe kirekire gusa yakomeje kuvugwa ko afite ikibazo gituma adashobora kubyara kugeza n’ubwo mu minsi itambutse hari umunyamideli mugenzi we Aunt Ezechiel yamusezeranije impano y’umwana aza no kuyimugezaho.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa