skol
fortebet

Umuhanzikazi Nyarwanda Asinah yavugishije abantu kubera amafoto yashyize hanze agaragaza imiterere ye [AMAFOTO]

Yanditswe: Tuesday 16, Jul 2019

Sponsored Ad

skol

Umuhanzikazi nyarwanda Asinah yavugishije abantu kuri Instagram kubera amafoto yashyize hanze agaragaza imiterere ye y’umubiri.

Sponsored Ad

Kuri iki cyumweru taliki ya 14 Nyakanga 2019 , nibwo umuhanzikazi Asinah yavugishije abantu ubwo yashyiraga hanze amafoto agaragaza imiterere y’umubiri we aho yari yagiye kurya ubuzima ku kiyaga cya Kivu.

Aya mafoto agaragaza Asinah yambaye agakabutura gato kagaragaza umubyimba we ndetse n’agapira k’umweru kagaragaza imiterere y’amabere ye byatumye benshi banga kuripfana,aho abenshi bagiye bahuriza ku kuba ngo afite amazi menshi muri we,abandi nabo bagenda batangazwa n’imiterere ye.

Twabibutsa ko Asinah Erra ari umwe mu banyarwandakazi bakunze kugaragaza udushya mu myambarire ku mbuga nkoranyambaga.

REBA HASI BIMWE MU BITEKEREZO BITANDUKANYE ABANTU BAGIYE BATANGA KURI AYA MAFOTO:


Ibitekerezo

  • Assinah ateye neza pe... afite inyinya hagati y’amaguru... uyu we ararenze. araryoshye pe....

    Wagiye guhita uterivi sha?

    Ikibazo nuko akoresha Ubwiza bwe mu kwiyandarika mu bagabo.Akibagirwa ko bible ivuga ko "ubwiza ari ubusa".Twese dusiga ubwiza,tugasaza tugapfa.Imana idusaba gukoresha ubuto bwacu mu kuyishaka.Abumvira iyo nama,nubwo aribo bake,izabaha ubuzima bw’iteka muli paradizo.Kandi ibazure ku munsi w’imperuka.Ntacyo bimaze kwishimisha mu busambanyi,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka.Ni ukutagira ubwenge nyakuri (wisdom).Ntitugakeke ko ibyo bible ivuga ari ukubeshya.Bizaba nta kabuza.Imana ikorera kuli gahunda yayo.Ikibihamya yuko bizaba,nuko hari ubuhanuzi bwinshi bible yavuze kandi bwabaye.Twe guhera mu kwishimisha no gushaka ibyisi gusa,ahubwo dushake Imana cyane.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa