skol
fortebet

Umuhanzikazi nyarwanda Sunny yasabiwe imbabazi n’umuyobozi we k’ubw’ubwambure bwe[AMAFOTO+VIDEO]

Yanditswe: Wednesday 24, Jun 2020

featured-image

Sponsored Ad

skol

Umuhanzikazi Sunny Dorcas uri muri Kenya, yatunguranye ubwo yarimo aganira n’abakunzi be ku rubuga rwa Instagram, avanamo imyambaro yose yerekana ubwambure bwe none yasabiwe imbabazi.

Sponsored Ad

ku mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki 20 Kamena 2020 ubwo uyu muhanzikazi yabwiraga abamukurikira ko agiye kuganira na bo imbonankubone ku rubuga rwa Instagram ibyo bita “Instagram Live”, benshi bahita bitegura kumukurikira.

Kayitare Wayitare Dembe uzwi nk’umwami w’aba-Slay Queen yagize icyo avuga kuri Sunny ahamya ko ubu nawe yinjiye mu bo ayobora,aho yavuze ko ibyo yakoze bihabanye n’amahame yabo ndetse ahamya ko icyabimuteye aruko yari yanyangiwe,aboneraho no kumusabira imbabazi abanyarwanda bose.

Gusa nubwo yamusabiye imbabazi yahishuye uburyo kureba amashusho ya Sunny yiyambika ubusa nawe bimutera isoni,maze aboneraho n’umwanya wo gusaba abandi ba-Slay Queen kutazakora ayo mahano yemeza ko nihagira undi mu bo ayobora ushyira hanze ubwambure bwe ko azegura ku nshingano ze.

Muri iki kiganiro kirekire KAYITARE WAYITARE DEMBE yagiranye n’igitangazamakuru gikore kuri Youtube kizwi nka ’VIPI RWANDA’,yanahishuye uburyo Sunny ari umukobwa we anavuga ko ibyo abantu bibwira ko yiyambuye ubusa mu ruhame mu rwego rwo kwimurika cyangwa se ari mu buryo bw’akazi atari byo.

NI BYINSHI UYU MWAMI W’ABA-SLAY QUEEN YAHISHUYE BIRIMO UKO YIMITSWE N’UBURYO BYAJE KURANGIRA SHADDYBOO ARI WE UGIZWE UMWAMIKAZI WE AVUGA NO KU MASHUSHO Y’UBWAMBURE BWA SUNNY:

REBA AMAFOTO YA SUNNY YIYAMBURA UBUSA


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa