skol
fortebet

Umuhanzikazi Simi yasengeye abafana be miliyoni 7

Yanditswe: Wednesday 20, May 2020

Sponsored Ad

skol

Ubwo umuhanzikazi wo muri Nigeria witwa Simi yuzuzaga abafana miliyoni 7 zimukurikira kuri instagram yabashimiye ku bw’urukundo bamwereka ndetse anababwira ko akazi ari uguhatana ko ubuzima ku isi budapfa kuza uko bwishakiye.

Sponsored Ad

Ntabwo ku muhanzi ari ibintu byoroshye gupfa kuzuza abamukurikira basanga ama miliyoni menshi y’abafana kuko bimusaba gukora cyane, umuhanzikazi Simi ntabwo yabashije kwihanganira abafana be ubwo bamugezaga ku mubare udapfa kugira benshi mu bahanzi maze ababwira ko ari abakunzi be kuko ibyo bakoze bamukurikira ari ukwerekana urukundo.

“Mu Buzima bwanjye bwose nagize umugisha w’urukundo no gukundwa, iyo ni impano ikomeye cyane, urukundo mwanyeretse ndabashimira cyane ndetse ndasenga Imana ngo itazabantwara, ndetse mbiha n’agaciro gakomeye, mwarakoze cyane” umuhanzikazi Simi yashimiraga abamufashije kugirango yuzuze miliyoni 7 z’abamukurikira ku rubuga rwa Instagram.

Ibitekerezo

  • Gusenga ni byiza.Ariko nkuko bible ivuga,tuge twibuka ko Imana itumva abantu bose basenga.Urugero,muli Yohana 9:31 havuga ko Imana itumva abanyabyaha (banga kwihana).Abandi bantu Imana itumva kandi nibo benshi,ni abasenga mu buryo bunyuranye n’ibyo bible ivuga.Urugero,ntabwo Imana yumva abantu basenga Imana y’ubutatu.Bible ivuga ko Imana arimwe gusa,Se wa Yezu.Ikindi kandi,nkuko 1 Timote 2:5 havuga,Yezu niwe "muhuza wenyine" utugeza ku Mana.Ntabwo ari Muhamadi,Bouddha,etc...Abandi bantu Imana itumva,ni abibera mu gushaka ibyisi gusa (shuguri,amafaranga,politike,...),ntibashake Imana bashyizeho umwete.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa