skol
fortebet

Umunyakenyakazi w’ikizungerezi yavugishije benshi kubera amashusho yagaragaye ari kumwe n’umuraperi Drake

Yanditswe: Sunday 17, Feb 2019

Sponsored Ad

Umunyakenyakazi Vera Sidika uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera imiterere y’umubiri we ituma akurura abagabo cyane,yagaragaye ari kumwe na Drake nyuma y’ibirori bya Grammy Awards biherutse gutangwa muri USA.

Sponsored Ad

Vera Sidika uzwiho gusambana n’ibyamamare bitandukanye muri Kenya ndetse no gusesagura amafaranga cyane,yatumye benshi bacika ururondogoro ubwo bamubonaga ari kumwe n’uyu muraperi nyuma y’ibirori bya Grammy Awards yaherewemo igihembo cy’indirimbo ye God’s Plan yatowe nk’indirimbo nziza yo mu njyana ya Rap.

Nyuma y’iki gihembo Drake yatumiye inshuti ze kugira ngo basangire ndetse mu bari batumiwe harimo iki kizungerezi Vera Sidika cyo muri Kenya.

Mu mashusho yashyize hanze hanze, Sidika yagaragaye ari gucugusa ikibuno cye ndetse yanditseho ko ari umwe mu batumirwa b’imena ba Drake.

Muri iki kirori Vera Sidika yahahuriye n’umunyarwenya Kevin Hart nawe bifotoranyije amafoto.

Vera Sidika yavuzwe cyane mu binyamakuru bya Kenya ubwo yatangazaga ko yatandukanye n’umuhanzi ukunzwe muri iki gihugu witwa Otile Brown kubera ko afite agatsina gato katajya kamumara ubushake ahorana bwo gukora imibonano mpuzabitsina.



Ibitekerezo

  • Samabuno namabere yitejeho se !

    Birababaje kubona abantu batazi Imana.Nawe nyumvira ngo yise indirimbo ye ngo "God’s plan".Bisobanura "umugambi w’Imana".Kandi yarangiza akajya kuryamana n’indaya.Muli Matayo 15:8,haravuga ngo:"Banyubahisha iminwa yabo,ariko umutima wabo uri kure yanjye".Aba Stars b’abaririmbyi bose bo mu isi,baririmba indirimbo bita ngo ni "indirimbo z’imana".Nyamara bagakora ibyo Imana itubuza,cyanecyane ubusambanyi.Muli Yohana 9:31,havuga ko "Imana itumva abanyabyaha".Baba bata igihe ngo bararirimbira Imana.Niba dushaka kuba inshuti z’Imana,ntitugakore ibyo itubuza.Ababikora bose,izabakura mu isi ku munsi wa nyuma nkuko Imigani 2:21,22 havuga.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa