skol
fortebet

Strawberry wabwiye Sarpong ko azahura n’umukobwa uzamuca igitsina yiyemeje gutera gapapu Tanasha ahishura urukundo rw’ibanga afitanye na Diamond[AMAFOTO]

Yanditswe: Saturday 20, Jul 2019

Sponsored Ad

skol

Umunyarwandakazi umaze kumenyekana kumbugankoranyambaga nka RWANDAN STRAWEBERRY akaba anafite indirimbo yitwa MUTIMA, aho avuga ko ateganya no gushyira hanze amashusho yayo hanze ari nako zimwe mu ndirimbo ze zindi kuri ubu ziri gukorwa na bamwe mu basore batunganya muzika bakomeye mu Rwanda. Uyu mukobwa umaze kuba kimenyabose kubera amafoto atandukanye agaragaza ubwambure bwe yagiye akwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga bigatuma kuri ubu ari umwe mu banyarwandakazi bakurikiranwa na benshi ku (...)

Sponsored Ad

Umunyarwandakazi umaze kumenyekana kumbugankoranyambaga nka RWANDAN STRAWEBERRY akaba anafite indirimbo yitwa MUTIMA, aho avuga ko ateganya no gushyira hanze amashusho yayo hanze ari nako zimwe mu ndirimbo ze zindi kuri ubu ziri gukorwa na bamwe mu basore batunganya muzika bakomeye mu Rwanda.

Uyu mukobwa umaze kuba kimenyabose kubera amafoto atandukanye agaragaza ubwambure bwe yagiye akwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga bigatuma kuri ubu ari umwe mu banyarwandakazi bakurikiranwa na benshi ku mbuga nkoranyambaga, agakunda no kugarukwaho mu itangazamakuru cyane.

Yakomeje kwamamara ubwo yatwaraga umukunzi Asinah, umukinnyi watahaga izamu muri Rayon Sports ’Sarpong Michael’ ukomoka muri Ghana akaza no kuvuga uburyo baryamanaga n’uyu mukinnyi bigatangaza abantu benshi.

Uyu mwali ubusanzwe akaba ahorana udushya twinshi aho we adahwema no kuvuga ko buri cyumweru umukobwa yagakwiye kuba afite umuhungu bakundana[Boyfriend].

Kuri ubu uyu mukobwa akaba ageze ku muhanzi kabuhariwe ukomoka muri Tanzania ’Diamond Platnumz’ witegura kuza mu Rwanda mu gusoza ibitaramo bya Iwacu muzika Festival, uyu mukobwa yamugaragarije urukundo rukomeye aho adatinya no kumwita umugabo we kandi mu byukuri afite umugore ndetse witegura kumubyarira umwana ariwe Tanasha Dona.

Uyu mukobwa yifashishije urubuga rwe rwa Instagram yakomeje gutakagiza Diamond amwereka urukundo rudasanzwe akoresheje amagambo yandikaga ku rukuta rwe aherekeje amafoto y’uyu muhanzi wigaruriye imitima ya benshi,ndetse akaba yanashyizeho Screenshot yafashe ari kuganira na Diamond mu buryo bw’amashusho.

Uyu mukobwa akaba ahamya ko ari mu rukundo rukomeye na Diamond ndetse ko abandi bakobwa bose ntacyo ubu bavuze imbere y’uyu muhanzi.

Yagize ati “Njyewe na Diamond turi mu rukundo rumaze iminsi,iby’abandi bavuga ntabyo nzi kandi aba bakobwa bandi biharaje kwibyinisha indirimbo ze barimo barikina njyewe na Diamond ubu tumeranye neza.”


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa