Umuraperi Uwimana Francis wamamaye nka Fireman yatangaje ko ubukungu butifashe neza, nyuma y’uko Guma mu rugo ya Kigali yatumye abana n’umukunzi we mu buryo butunguranye.
Ku rubuga rwa Twitter, umugore utamenyekanye amazina ye ya nyayo ariko ukoresha konti ya @mariiamariiee, yakuruye impaka ubwo yavugaga ko abagabo badakwiriye kwitwa imbwa kuko ari nziza...
Mu gihe hari hagikomejwe kwibazwa niba Diamond na Natasha Donna bari kubana mu inzu imwe nyuma y’uko hagiye hanze amashusho agaragaza Diamond ari kumwe n’umuhungu yabyaranye n’uyu mugore ndetse...
Ubuyobozi bw’ikipe ya Chelsea bwamaze gutangaza ko bwirukanye umutoza Frank Lampard wari umaze umwaka urenga ari umutoza w’ikipe kubera ahanini umusaruro muke ndetse ngo ntiyagaragazaga ko ashobora...
Ku mugoroba wo ku munsi w’ejo tariki ya 24 Mutarama 2021 nibwo abahanzi Marina ndetse na Social Mula bari ku kiganiro THE CHOICE gica ku ISIBO TV aho bari bajyanye indirimbo yabo nshya bise «...
Umuherwe w’Umurusiya witwa Roman Abramovich yamaze gufata umwanzuro wo kwirukana umutoza w’ikipe ye ya Chelsea,Frank Lampard nyuma yo kwitwara nabi kandi yarashoye akayabo ka miliyoni 200...
Ikipe ya Liverpool ikomeje kujya mu bihe bibi cyane mu mupira w’amaguru yaba muri Premier League no muri FA Cup yaraye isezerewemo gusa abakunzi b’iyi kipe bamwe batangiye kubigereka ku mukinnyi...
Umuhanzi wo mugihugu cya Tanzania, Diamond Platnumz yagaragaje ibyishimo bidasanzwe ubwo yari ateruye umwana we yabyaranye n’umukobwa wo muri Kenya Tanasha...
Myugariro w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru (Amavubi) Rwatubyaye Abdul yerekeje mu ikipe ya FC Shkupi yo muri shampiyona ya Macedonia aho yasinye amasezerano y’umwaka n’amezi...