skol
fortebet

Danny Vumbi yashyize hanze urutonde rw’abahanzi 10 bamukoze ku mutima kurusha abandi muri 2019

Yanditswe: Friday 03, Jan 2020

Sponsored Ad

Umuhanzi akaba n’inararibonye mu kwandika indirimbo zirimo izakunzwe na benshi Danny Vumbi yatangaje abahanzi 10 bamushimishije mu mwaka wa 2019.

Sponsored Ad

Semivumbi Daniel uzwi nka Danny Vumbi wagaragaye mu bikorwa byo gutoranya impano zitandukanye mu marushanwa ya Art Rwanda Ubuhanzi,yavuze ko umuhanzi wamukoze ku mutima kurusha abandi ari Bruce Melody basanzwe ari inshuti cyane.

Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze Danny Vumbi yagize ati “Nshingiye ku buryo naryohewe n’ibihangano byabo, ngashingira ku bunararibonye bw’imyaka itari mike muri uyu muziki, amarangamutima yanjye yatumye mbatondeka nkurikije uko bandyohereje.”

Nyuma y’ubu butumwa yahise ashyira hanze urutonde rw’abahanzi 10 bamudyohereje muri 2019.

Danny Vumbi yamamaye mu ndirimbo nka Baragowe,Ni Danger,Abana babi n’izindi.



Aba nibo bahanzi 10 Danny Vumbi yavuze ko bamudyohereje muri 2019

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa