Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatatu taliki 27/03/2019 saa yine z’amanywa (10h00) azagurisha muri cyamunara imitungo itimukanwa ya Mukagatare iri mu Karere Gasabo, Umurenge wa Rusororo, Akagali ka Kinyana , kugira ngo hashyirwe mu bikorwa umwanzuro w’urubanza no 0015/2017/TB/RSRO rwaciwe n’urukiko rwa Rusororo kuwa 19/05/2018.
Cyamunara ikazabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel: 0788515434