Print

Ko abaturage b’Amerika n’Uburayi basabwe kwitondera gusura u Rwanda bivuze iki?

Yanditwe na: Ubwanditsi 26 April 2019 Yasuwe: 8868

Ibi bihugu bivuga ko hari ikibazo cy’umutekano. Olivier Nuhungirehe, Minisitiri wa Leta muri Ministeri y’Ububanyin’Amahangayabwiye BBC ko nta kibazo cy’umutekano gihari Leta igiye kuvugana n’ibi bihugu.

Ariko se, kuburira abaturage babyo byaba bishatse kuvuga ko hari intambara cyangwa se hari iyegereje? Nibyo tugiye kugarukaho muri iyi video iri hasi:


Comments

Kamali 27 April 2019

Izi video mukora zirushaho kudusobanurira byimbitse.


alias 27 April 2019

mukomeze mwihagarareho umenya abazungu mutarabamenya nibabi cyane