Print

AGASHYA:Umuganga yashyinguwe mu isanduku iteye nk’urushinge

Yanditwe na: Martin Munezero 8 August 2019 Yasuwe: 3913

Muri iki gihugu umuco ugezwe muri gihe n’uko bakorera umuntu witabye Imana isanduku isa neza n’umwuga yakoraga.

Iyi foto yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga benshi batunguwe nayo aho bamwe bibazaga uko abandi bakozi bazashyiingurwa mu cyubahiro ndetse nabo bagakorerwa isanduku zihwanye nicyo yakoraga.

Bamwe mu bagize igitekerezo batanga kuri iyi foto bagarutse ku myga itandukanye irimo ubwarimu ubujuru aho bibazaga ubwoko bw’isanduk babakorera.

Umwe yagize ati” Ubuse abaye ari umwarimu bamukorera imeze gute?


Comments

mazina 8 August 2019

Umugabo witwa Yobu yigeze kwibaza ati:"Ese umuntu upfuye ashobora kongera kubaho?".Bible isubiza neza icyo kibazo.Nkuko Umubwiriza 3:19,20 havuga,iyo dupfuye nta handi tujya uretse mu gitaka.Roho idapfa yahimbwe n’umugereki witwaga PLATON utaremeraga Imana dusenga.Muli Yohana 6:40,Yesu yavuze ko abantu bapfa bumviraga Imana,azabazura ku munsi wa nyuma,akabaha ubuzima bw’iteka.Bizaba nta kabuza kubera ko nta na rimwe Yesu yabeshye abantu.Ariko muli Abagalatiya 6:8,havuga ko abibera mu gushaka ibyisi gusa,iyo bapfuye barabora bikarangira.Nukuvuga ko batazongera kubaho,nubwo bababeshya ngo baba bitabye Imana mu ijuru.