Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 26/9/2019 guhera saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara imitungo itimukanwa igizwe n’amasambu ya Habakurama Evode iherereye mu Karere ka Kamonyi, Umurenge wa Rugalika, Akagali ka Kigese ahateganye na Bishenyi kugira ngo hishyurwe umwenda abereyemo Gahima Martin.
Cyamunara ikaba izabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel igendanwa ya Me Busongoye Venant: 0783743533.