Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki 22/10/2019 saa yine za mu gitondo (10h00) azagurisha muri cyamunara imitungo itimukanwa igizwe n’amazu wa Nkundabera Jean de Dieu na Uwizeye Uwimana Olive uherereye mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Nyarugunga , Akagali ka Kamashashi, umudugudu w’Uruhongore kugira ngo harangizwe urubanza rwaciwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuwa 12/3/2019.
Cyamunara ikaba izabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel igedanwa ya Me Mutabazi Etienne: 0788645468/0781603935/0788352240.