skol
fortebet

www.mdgrou.com yabateguriye ibihembo by’akataraboneka abakomisioneri bahuza abakodesha n’abagura amazu n’ibibanza

Yanditswe: Friday 15, Nov 2019

Sponsored Ad

Urubuga rwa internet www.mdgrou.com, isoko rusange ryo kuri internet rwamamazwaho inzu, ibibanza, n’indi mitungo itimukanwa ikodeshwa n’igurishwa, rugahuza abakiliya n’abagurisha imitungo itimukanwa rumaze kumenywa na benshi, ndetse uwariwe wese ashobora gushyiraho inzu cyangwa ikibanza agurisha, abaguzi bakabasha kukibona ako kanya.

Sponsored Ad

Uru rubuga rero rwateguriye ibihembo bikomeye abakomisiyoneri basanzwe barangira abantu amazu yo kugura no gukodesha ndetse n’ibibanza byo kugura hirya no hino mu gihugu bazakorana narwo cyane cyane ko rwagiriyeho kuborohereza akazi.

Ibehembo bizahabwa abakomisiyoneri/aba brokers/real estate agents, n’abandi bose bashaka kwamamaza kuri uru rubuga mu gihe cy’iminsi mirongo itandatu, ibihembo bizatangwa hagendewe ku bwinshi/ingano, ubwiza, ubuziranenge bw’imitungo buri muntu yamamaje ku rubuga, www.mdgrou.com hazanagenderwa ku ngano y’imitungo yakunzwe n’abantu benshi, iyarebwe kurusha iyindi ndetse n’iyamamajwe cyane ku mbuga nkoranya mbaga (share).

Ibihembo byateganyijwe birimo Computer/mudasobwa, television, telephone zigezweho (smartphones), digital camera, igare, n’Inka. Iyi promotion izamara igihe cy’amezi abiri kuva kuya 15 Ugishyingo 2019 kugeza kuya 15 Mutarama 2020. Abantu batanu (5) ba mbere bujuje ibisabwa bazatsindira ibi bihembo bakazatangazwa kuya 30 Mutarama 2020 bakanabihabwa.

Ushaka kwitabira iyi promotion ajya ku rubuga www.mdgrou.com akajya kuri register, agafunguza konti yagenewe ushaka kugurishirizaho imitungo. Akanabimenyesha abashinzwe iyi poromosiyo kuri: Tel:+250782456085.
E-mail: [email protected], tubifurije amahirwe masa.

Kwiyandikisha kuri uru rubuga umuntu yabikora aho ari hose mu gihe gito cyane agatangira kwamamazaho imitungo itimukanwa gusa.

Kubifuza kandi ibibanza n’amazu yo kugura, kugurisha no gukodesha bahawe ikaze. Tukabagezaho servisi nziza.

Akarusho n’uko ubu iyo wafunguye konti ku rubuga urwamamazaho ku buntu kugeza mu mpera za Mutarama umwaka utaha, n’abacunga uru rubuga nabo bakagufasha kukwamamariza.

Urubuga www.mdgrou.com rucungwa n’ikigo Multi Design Group Ltd, kimaze imyaka 10 gitanga serivisi zitandukanye zirimo kugena agaciro k’imitungo, gucunga imitungo itimukanwa, gukora no gucunga imishinga, guhuza abagura n’abagurisha, n’abakodesha.

Amwe mu mazu agurishwa ari no ku rubuga mdgrou.com


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa