skol
fortebet

Ubuhamya bw’Umukongomani wavuwe irwara yo kurangiza vuba agatanga impano y’imodoka

Yanditswe: Tuesday 11, Jul 2023

featured-image

Sponsored Ad

Umugabo wo mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo warumaze igihe kinini afite uburwari bwo kurangiza vuba mu gikorwa cy’abashakanye arashimira cyane Shangazi Dative Uzwi ku izina rya SHANGAZI wamwubakiye urugo rwari rugeze aharindimuka .
Uyu mugabo witwa Sadiki uvuga ntabushake yagiraga mu gihe cyo gutera akabariro ,ndetse ngo niyo yagerageza kwegera umufasha muri icyo gikorwa yahitaga yirangiriza ho , yatanze ubuhamya bw’umuti yahawe na Shangazi, mu gihe cy’iminsi 4 (...)

Sponsored Ad


Umugabo wo mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo warumaze igihe kinini afite uburwari bwo kurangiza vuba mu gikorwa cy’abashakanye arashimira cyane Shangazi Dative Uzwi ku izina rya SHANGAZI wamwubakiye urugo rwari rugeze aharindimuka .

Uyu mugabo witwa Sadiki uvuga ntabushake yagiraga mu gihe cyo gutera akabariro ,ndetse ngo niyo yagerageza kwegera umufasha muri icyo gikorwa yahitaga yirangiriza ho , yatanze ubuhamya bw’umuti yahawe na Shangazi, mu gihe cy’iminsi 4 gusa agahita abona impinduka zatumye urugo rwabo rwongera kuba urw’umunezero.

Shangazi avuga ko kurangiza vuba ku bagabo ari ikibazo gikomereye benshi cyane ko bamwe batinya no kukivuga gusa ashimangira ko ushoboye kubohoka wese akamugana amuha umuti kandi agakira neza umunezero ukongera gutaha mu rugo rwe.

Si abagabo gusa kandi kuko Shangazi avuga ko afasha n’abagore bafite ibibazo bitandukanye bishobora gutuma bataryoherwa mu gihe bari gutera akabariro cyangwa se ngo bashimishe abagabo babo birimo abagore batagira ubushake ndetse n’abatagira amavangingo mu gihe bari gukora imibonanompuzabitsina.

Ikindi kandi ku bagore n’abakobwa bataciye imyeyo Shangazi arabafasha bikaza vuba kubera ubumenyi n’uburambe abimazemo ubu amahanga arimo kumutumira kujya kubigisha uwo muco.

Shangazi yashimiye cyane abo yafashije bakomeje gutanga ubuhamya bwiza bw’uko bakize ndetse n’abandi bakomeje ku mugana abizeza kubafasha akabavura bagakira kandi neza, bagahora barangwa n’ibyishimo nk’umuryango.

Avuga ko Atari ngombwa ko uba utuye I Kigali kuko aho waba uri hose mu Gihugu ndetse no hanze yacyo bakoherereza imiti kandi ikagufasha.

Wifuza uwo muti wahinduriye ubuzima Sadiki washaka SHANGAZI aho akorera mu mugi wa Kigali hirya yahahoze gereza ya Nyarugenge ugeze kuri station ya SP cyangwa se ugahamagara Telephone igendanwa +250783441825/+250726235276.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa