skol
fortebet

MENYA BYINSHI KU BURWAYI BWA INFECTION VAGINAL IZAHAZA ABAGORE N’ABAKOBWA N’UKO WAYIVUZA UGAKIRA.

Yanditswe: Monday 05, Sep 2022

featured-image

Sponsored Ad

Ubwandu bw’imyanya ndangagitsina y’umugore (Les vaginites et infections vaginales) ni ukwangirika kw’iyo myanya ikaba yanabyimba bitewe n’impamvu zinyuranye cyane cyane biturutse ku dukoko dutandukanye umugore ashobora gukura ahantu hatandukanye.

Sponsored Ad

Ubu bwandu bushobora guterwa n’isuku nke, kuba umugore cyangwa umukobwa yabwandurira mu mibonano mpuzabitsina idakingiye, amazi ya Piscine yanduye nayo ashobora gutuma umugore cyangwa umukobwa yandura ubu burwayi , n’ahandi..

’Infections vaginales zirangwa n’iki?

Ikimenyetso nyamukuru kiranga iyi ndwara ni ururenda rudasanzwe ruturuka mu gitsina cy’umugore. Bitewe n’ubwoko bw’udukoko twateye ubwo burwayi, urwo rurenda rushobora kugira amabara atandukanye, nkaho ushobora kubona ari umweru, umuhondo,..

Mu bindi bimenyetso twavugamo:

* Kugira uburyaryate mu gitsina

* Ububabare bukabije
*Kumva wokerwa mu gitsina
*Ububabare mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina
* Kujya kunyara ukababara
* Kubyimba kwa bimwe mu bice by’imyanya ndangagitsina by’inyuma

Dore Inama zagufasha kwirinda ndetse no guhangana n’ubu burwayi

* Gukaraba inshuro 1 cyangwa 2 ku munsi
*Kwirinda gukoresha isabune bakaraba mu gitsina
*Kumutsa igitsina nyuma yo kwiyuhagira (Bien sécher la vulve après chaque toilette)
*Kudakomeza kwambara imyambaro y’imbere igihe yatose.
*Gukoresha agakingirizo iteka igihe umukobwa cyangwa umugore agirana imibonano mpuzabitsina n’abantu batandukanye.

* Mu gihe cy’imihango, umugore cyangwa umukobwa, aba agomba guhindura kenshi ibikoresho akoresha byo kwisukura.

*Mu gihe avuye mu bwiherero, umugore cyangwa umukobwa asabwa kwihanagura aganisha inyuma kugira ngo umwanda utava mu kibuno ujya mu gitsina (Aux toilettes, s’essuyer d’avant en arrière pour éviter de ramener les germes de l’anus vers le vagin).

*Kwirinda imyambaro ifatira cyane.
*Kwanika imyenda y’imbere ahantu hava izuba ndetse ikanaterwa ipasi.

*Kunywa amazi menshi kandi meza.

Dore ingaruka za infection vaginal ku bagore n’abakobwa

. kubura ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina

.Kubura ububobere

.Uburwayi bwa kanseri zitandukanye zifata imyanya myibarukiro ku bagore n’abakobwa

.Ubugumba

.Imihindagurikire y’imisemburo

Ese ubu burwayi buravurwa ?

Yego iravurwa igakira. Ni byiza ko iyo ubonye bimwe muri bya bimenyetso twabonye haruguru, ugomba kwihutira kujya kwa muganga, bakareba impamvu yabiteye, ubundi bakakuvura.

Wari uzi ko hari imiti myimerere ivura abantu bafite ibi bibazo bya Infections vaginal?

Ni byiza ko abagore ndetse n’abakobwa bita ku nama bagirwa n’inzobere nkuko twabibabwiye haruguru,kandi ni byiza ko iyo ubonye ibidasanzwe mu mikorere y’imyanya ndangabitsina,ugana muganga ku buryo bwihuse kugira ngo harebwe ikibazo kiri kubitera.

Ku bantu rero bafite ibibazo ya Infections vaginal,

KUNDUBUZIMA HEALTH CARE yabazaniye imiti ikoze mu bimera yica twa dukoko twangiza imyanya ndangagitsina,ku buryo utandukana n’ubu burwayi ,ikaba ishingiye ku buvuzi gakondo bw’abashinwa n’abanyamerika ikoreshwa ku ruhando mpuzamahanga ndetse ifite n’ubuziranenge bw’ikigo cya FDA (Food and Drugs Administration) cyita ku buziranenge bw’ibiribwa ndetse n’imiti kandi ikaba yizewe. Muri iyo miti twavugamo nka:,Reishi ,Magnetic Energy(superbklean),Perfect Stem Cell,TeDivina

ADDRESS

Uramutse ukeneye iyi miti wagana ikigo KUNDUBUZIMA HEALTH CARE

Dukorera mu Mujyi wa KIGALI , Muhima mu nyubako ya Chic muri etaji ibanza (muri 0) winjiriye mu marembo ya Chic na Gare ya Down Town kuri RESTAURENT UMUT na MTN CENTER winyiye hategaganye na BANK OF AFRICA hasi kuri PARKING winjira muri CHIC imbere Umuryango ni D055A

Mwaduhamagara kuri 0785686682 (WHATSAPP) cyangwa 0788865515

Mwanasura urubuga rwacu arirwo

www.kundubuzima.rw

Ibitekerezo

  • mukomerezaho ntago muhenda?indwara zose murazivura?

    muvurira kuri mituel?indwara zose murazivura mubanza kuganiriza umuntu nokumugira inama mbere yokumurac? umukobwa agize imyaka 27atarajya mumihango mwamuvura?murakoze imana ibashyigikire

    Mfashe ko nkimara kugaragaza nimwe mubimenyetso byavuzwe haruguru ngombwa kwihutira kujya kumujyana wubuzima inyemereye byaba ngombwa nkihutira kujya kubitaro binyegereye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa