Buriya ngo Kunywa amazi menshi bishobora gutuma isura yawe ihinduka
Yanditswe: Friday 28, Apr 2017
Uyu mugore amazina ye ni Sarah Smith akaba ariwe utanga ubuhamya ko kunywa amazi menshi bihindura isura yawe hanyuma igasa neza nkuko yabitangarije Daily Mail.
Sarah avuga ko yabayeho aribwa n’umutwe cyane ku buryo yumvaga ameze nk’umuntu ugiye gusara,nuko ahitamo kuzanjya anywa amazi menshi kugira ngo arebe niba byamufasha.
Mu kwezi kumwe yanywaga Litiro eshatu z’amazi ku munsi,kandi impamvu yamuteraga kunywa ayo mazi yose ngo kwari ukugira ngo agire ubuzima bwiza,ariko ntabwo aribyo gusa (...)
Uyu mugore amazina ye ni Sarah Smith akaba ariwe utanga ubuhamya ko kunywa amazi menshi bihindura isura yawe hanyuma igasa neza nkuko yabitangarije Daily Mail.
Sarah avuga ko yabayeho aribwa n’umutwe cyane ku buryo yumvaga ameze nk’umuntu ugiye gusara,nuko ahitamo kuzanjya anywa amazi menshi kugira ngo arebe niba byamufasha.
Mu kwezi kumwe yanywaga Litiro eshatu z’amazi ku munsi,kandi impamvu yamuteraga kunywa ayo mazi yose ngo kwari ukugira ngo agire ubuzima bwiza,ariko ntabwo aribyo gusa kuko no mu buryo bugaragara inyuma amazi yaramufashije.
Ntabwo ari buri umwe ushobora kwemera ko amazi ashobora guhindura isura yawe ndetse n’uruhu muri rusange,Sarah akaba yari afite ibiheri mu maso byinshi ariko kubera amazi mu kwezi kumwe isura yari imaze gusa neza nkuko mwabibonye.
Martin MUNEZERO
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *