Dore ubusobanuro n’imyitwarire y’abantu bitwa aya mazina: (Igice cya Gatatu)
Yanditswe: Tuesday 01, May 2018
Ubundi ahanini nk’uko ubushakashatsi bwagiye bubyerekana ,ngo usanga izina ry’umuntu ari ryo rimusobanura ,kuko ngo iyo urebye imwe mu myitwarire iranga uwo muntu iba ihuye n’ubusobanuro bw’iryo zina. Bityo nk’uko abakunzi b’umuryango.rw bakomeje kudusaba ko twazajya tubabwira imico iranga abantu dukurikije amazina yabo, iyi niyo mico twabahitiyemo kubasobanurira iranga amwe mu mazina abasomyi bacu badusabye.
Faustin,
Faustin akunze kuba ari umuntu mwiza,ukunda urugo ndetse akagira n’inshuti (...)
Ubundi ahanini nk’uko ubushakashatsi bwagiye bubyerekana ,ngo usanga izina ry’umuntu ari ryo rimusobanura ,kuko ngo iyo urebye imwe mu myitwarire iranga uwo muntu iba ihuye n’ubusobanuro bw’iryo zina. Bityo nk’uko abakunzi b’umuryango.rw bakomeje kudusaba ko twazajya tubabwira imico iranga abantu dukurikije amazina yabo, iyi niyo mico twabahitiyemo kubasobanurira iranga amwe mu mazina abasomyi bacu badusabye.
Faustin,
Faustin akunze kuba ari umuntu mwiza,ukunda urugo ndetse akagira n’inshuti nyinshi kandi akunze kuba ari wa muntu utabara,afata ibyemezo bizima ndetse akunze no kugira impano yo kunga abantu,ni wa muntu ugira urukundo kuko uwo akundanya nawe atanjya amubabaza,ikindi ni wa muntu uba yikundira ubushakashatsi akaba ari n’umunyamurava mubyo akora.
Lydia,
Ni wa muntu ushidikanya cyane,akunda gutanga ariko agatanga afite icyo ashingiyeho cyazatuma agaruza ibyo yatanze,yikundira ubuyobozi kandi ni wa muntu uhorana Morale akenshi mubyo anavuga hakunze kuba harimo ukuri,ikindi na none akunze kuba ari umunyabwenge ndetse usanga ahanini aba ari mwiza mu buryo bugaragara inyuma,mubyo akora aba yabanje kubitekerezaho buriya ikindi kintu ngo yanga umuntu umugira inama,kandi ni wa muntu ushobora gukora ibishoboka byose kugira ngo abone amahoro.
Jacques,
Ni umunyakuri akaba n’umunyamugisha,akunda isuku ku mubiri we,arangwa n’ibitekerezo byubaka,agira umurava,azi kwisobanura mu mpamvu iyo ariyo yose,gusa iyo yatangiye ikintu yakirangiza atakirangiza ntacyo biba bimubwiye,cyokoza iyo atakirangije agiharira abandi,akunze gukora neza mu mwanya arimo kandi agakorana inararibonye,ntakunda umuntu umukurikirana mu bikorwa bye kuko aba azi icyo ashaka n’impamvu agishaka.
Diane,
Akunze kuba ari umunyembaraga ku mpande zose,ikindi akunze guhirwa cyane mu ishoramari,Diana aba ari umukozi mwiza haba mu buryo bugaragara ndetse no mu butagaragara,afata ibyemezo byiza adahubutse,bitewe n’imiterere ye ituma abona umwanya mu buyobozi ndetse igatuma aba umunyembaraga,ikindi Diana aba ari umuntu ukunze gutuza cyane kandi urangwa n’ikinyabupfura.
Innocent,
Innocent ni wa muntu uba utakora ikindi kintu icyo yatangiye atarakirangiza,aba ari wa muntu ukunda ibintu byo gushushanya ndetse n’imideri,agira urukundo ndetse akagira n’ubumuntu,ikindi aba ari umunyamahirwe mubyo akora,yaba bibi cyangwa byiza,agira n’impano yo kwandika,mu byo akora byose biba bisobanutse.
Angelique,
Nawe akunze kuba ari umunyembaraga,ariko na none rimwe na rimwe akaba umunebwe,kandi na none akunze kuba ari wa muntu wihoranira Morale ibihe byose,ntabwo ari umunyabikorwa ariko ni umunyamipangu,ashobora gupanga ikintu ariko we nta kishyirire mu bikorwa ahubwo akagiha abandi ngo abe aribo bagikora,yumva yakwigenga kandi na none akunze kuba ari umushakashatsi,ikindi ahora ategereje amahirwe gusa mu bintu bye,ndetse we abayumva nibyo yakora yabikora mu nzira ze gusa.
Edmond,
Aba ari wa muntu uhindagurika mu bintu byose kubera ko ibyo akora byose ahanini biba bicuramye,ni umunyabirori,yikundira umutuzo,ni wa muntu ugira impano y’ibitekerezo bizima,ntanjya afata umwanya wo kuruhuka,agira igikundiro ndetse ahora mu butumire bwo kuryoshya ubuzima ntabwo ari ibyo gusa kuko ngo buriya agira impano yo kwiga mu buryo bworoshye.
Grace,
Aba ari wa muntu usobanutse,atumika,ucukumbura yewe akaba ari n’umunyamutima ariko agakunda gukinishanya ndetse no gutanga inama,atekereza byihuse kandi neza,abika ibanga kandi akagira n’impano y’ubushoramari,ikindi aho ari hose aba ashaka kwigaragaza ngo bamubone abinyujije mu bwenge bwe afite.
Charles,
Ni wa muntu ukunda gusabana n’abandi kandi ugira inshuti nyinshi ariko na none akagira amarangamutima,agira amagambo meza ndetse akaba na nyirabayazana w’ibintu bishobora guteza ikibazo,igihe kimwe ntabwo yihangana,nawe ni wa muntu uba ushaka kwigenga ndetse uba anashaka gukora ibintu mu nzira ze nta w’umuyoboye.
Rosine,
Muri we arangwa n’itegeko kuko aho ari aba ashaka ngutegeka,iyo yatangiye ikintu atuza ari uko akirangije,agira imbabazi kandi akishimira gufasha ikiremwamuntu,ni wa muntu ushabutse kandi urangwa n’umutima mwiza,ikindi kandi ni wa muntu wizerera mu itegeko,umwanya ndetse no kugaragara neza mu bandi biba ari ingenzi kuri we,kandi ahora ashaka uburyo bwose abandi bamwiyumvamo ikindi kandi agira impano yo kwishakira icyerekezo.
Christian,
Christian nawe agira imyitwarire nkiya Charles,kuko ari wa muntu ukunda gusabana n’abandi kandi ugira inshuti nyinshi ariko na none akagira amarangamutima,agira amagambo meza ndetse akaba na nyirabayazana w’ibintu bishobora guteza ikibazo,igihe kimwe ntabwo yihangana,nawe ni wa muntu uba ushaka kwigenga ndetse uba anashaka gukora ibintu mu nzira ze nta w’umuyoboye.
Aimable,
Amiable ni umuntu ugira ibakwe mubyo akora, ariko kumusobanukirwa birakomeye. Yewe n’abantu babona ari umuntu udasanzwe uhorana udushya. Bishobora kuba biterwa n’uko Aimable adakunda kuvuga ibimurimo, ntiyapfa kukubwira icyo agutekerezaho cyangwa ngo apfe kukugisha inama ahubwo ibye arabyimenyera byaba ari ibibazo akabyikemurira.
Agira umutima woroshye cyane ariko akabihisha akigira nk’utabyitayeho cyangwa akanaguseka. Kugirango yikure mu isoni cyangwa aterekana amarangamutima ye Aimable akoresha gusetsa cyangwa kwigira nk’utamenye ibiri kuba. Iyo hari umuzanyeho amahane ahitamo kumuhunga kuko yanga gushyamirana n’abantu no kurwana.
Irène ,
Irène ni umukobwa cyangwa umugore ugira amarangamutima menshi n’umutima woroshye cyane kandi ahangayikira umuryango we cyane n’urugo rwe iyo arufite. Agira ibakwe, akunda akazi, ashaka kwigenga aba ashaka gukura vuba agahabwa inshingano. Irene akunda amahoro kuburyo ashyiramo imbaraga zose ngo abantu bose babane neza. Irène ababara vuba ariko ntago agira inzika, iyo agize umujinya n’uburakari yihutira gusaba imbabazi no gukora iyo bwabaga ngo agarure umwuka mwiza hagati ye n’abandi.
Donatien,
Donatien agira igitinyiro, aracecetse cyane kandi agira ibakwe mubyo akora. Icyakora arahindagurika mu myitwarire ye kuko rimwe aba yishimye, asahinda afite inkuru nyinshi, ubundi ugasanga arakonje, afite amagambo macye, aterekana ikimurimo kandi agacana intege.
Donatien kandi yanga ikintu cyose cyamuzirika, yirata ibyo amaze kugeraho kandi azi guhanga udushya. Ni umunyabwenge cyane kuburyo ashatse yakwiga akaminuza akagera kure cyane.
Nyuma yaya mazina tukaba tubijeje ko tuzajya tubasobanurira imyitwarire y’andi mazina muzagenda mudusaba ko twabasobanuriraho, ahanini usanga ngo 90% y’imyitwarire y’aba bantu iba ihura n’ubu busobanuro.
Martin MUNEZERO
Ibitekerezo
nuko nanjye mwansobanurira izina ryanjye abdoul
ndashaka munsobaburire izina annick
Ubusobanuro burambuye bw’izina lucien
murize ALINE NTA EMILE M’URUKUNDO rwabo
munsobanurire cyomoro belize lavi siter
Mutsobaurire Pacifique . Phanny&fani
Mutsobaurire Pacifique . Phanny&fani
Claude Mwashobora Naryo Kurinsobanurira?
kubera iki mutaduhereza ubusobanuro bw’a yadema, mutoni na ngabire
Muzadusobanurire straton
Muzadusobanurire izina Patrick
Mwansobanuriye Denyse n,ibimuranga mu buzima busanzwe cg mu rukundo
Muzadusobanurire izina Chris na Patrick
ubusobanuro bw’izina Innocent buranshimishije
Muzadusobanurire ubusobanuro bwizina Antoine kdi turabakunda
muzadusobanurire Valerie cg Gilbert icyo bisobanura
Muzadusobanurire Eric muzaba mukoze
Munsobanurire izina Vestine ,valens
Munsobanurire izina bitadenyse
Unsobanurire izina denyse
mudusobonurire ubusobanuro bqizina scovia
Muzansobanurire izina Theoneste
Mudusobanurire izina scovia
Munsobanurire Izina Jean Baptiste
Happy new year ndashakako mudusobanurira sandrine
Ubusobanuro bwa sandrine
Izina Moise,Maurice na Naomi muzayansobanurire
mujye muduhuriza amazina
Muzadusobanurire Izina Arbine
munsobanurire izina norane
munsobanurire
Munsobanurire izina Vestine
Ndashako munsobanurira amazina JUNIOR na MORGAN; muraikoze
Wamuzarinsobanurire
MUNSOBANURIRE IZINA BONIFACE
muzadusobanurire izina fiston
Muzasobanurire izina simplice nimyitwarire yabo
Nanone muzampe imyitwarire yabantu bitwa Sandrine
Murakoze!!!!
Muzasobanurire izina simplice nimyitwarire yabo
Nanone muzampe imyitwarire yabantu bitwa Sandrine
Murakoze!!!!
Muzadusobanurire janvier na chantal.
Nitwa umutoni mwazambabariye mukansobanurira izina Helga nibimuranga murakoze
iradukunda
Murakoze muzansobanure dieudonné
Umuzansobanurire izina Marianne
Murakoze
Mwadusobanurira aya mazina: Giblia, Albine na Jelise
akenci nakenci usanga izina ry’umuntu rihura nimyitwarireye nkange nasanze izina ryange rihura nimico yange
Muraho neza nshuti dukunda turi benshi! Nange nagira ngo muzansobanurire izina Marceline! murakoze.
Mwazadusobanuriye izina doroth
Mutugezeho immaculee
turash iubusobanuro bwizina boaze
nifuzaga ko mwasobanurira oneill icobifuze
Ndifuza ko mwansobanurira izina Tiran
Muraho neza!!nitwa Chantal .
Mwazansobanuriye izina narada
Nitwa Uwamahoro
Umutoniwase carine
Mwiriwe nabasbaga ko mwazambwira Ibiranga umuntu witwa alliance nubusobanuro bwaryo murakoze
Mwaramutse narango muzasobanurire izina Nisia
Ndashaka ko mwazansobanurira izina "valentin"
Nanjye ndashaka ko mwazansobanurira izina "valentin"
twifuzagako ubutaha mwazadusobanurira aya mazina
1.Samson
2.goreth
murakoze cyane arko victor sinamubonye
Ubusobanuro bwizina julia
Ndabinginze muzansobanurire every murakoz
Ndabinginze muzansobanurire every murakoz
Ndashaka ubusobanuro bwizina clevis
Murakoze imana ibahe umugisha.nukuri niko usanga akensh ariko bimez ubushakashatsi bwanyu buragahoraho munsobanurire izina
mwazansobanuriye izina JEAN PIERRE
Mwampa izina gomez
Mwansobanuriye izina Dimitri na Joselyne murakoze
Munsobanurire izina Bright na Wellars
muzasobanurire Adelphine murakoze
I’m senior 3 student, but I’m so gratefull about the meaning of Aimable as my name.thank you too. I like journalism.
Mwazansobanuriye Win, Chania, Rose muzaba mukoze
Munsobanurire izina Claude
Munsoba nurire jemima
Mwiriwe meza munsobanurire uzima sophie
Mwansobanuriye izina sophie
Mwasobanuriye brando
ndashaka ubusobanuro bwizina claudia murakoze kand muradufasha cyane pe!!
Muzatsobanturire. Izina. Martha. Na Eric
Wabona gute starttime
Wabona gute starttime
Ndasaba ko mwansobanurira izina
Muhongerwa Icyo risobanuye
Murakoze
Nasabaga ko mwansobanurira izina
Muhongerwa Icyo risobanuye
Murakoze
Munsobanurire izina Theodette
Munsobanurire izina Alice
Ni umuntu witonda
Musobanurire izina jamvie
Kuki mutavuga kumazina yikinyarwanda? Abafite imigani minshi kandi bikaba kwiga umuco wacu!! Seriously
nshaka ubusobanuro nimyitwarire yizina ryanjye
Nitwa Dismas ndashaka ko mubwira ubusobanuro bwizina dismas nicyo akunda nibyo yanga.
Musanze Rwanda
muzansobanurire izina Belyse
muzansobanurire izina fiston nibyo akunda nibyo yanga
ndashaka ko mwabwira ubusobanuro mwizina ryarye
Nshaka munsobanurire izina fidèle, nolia
Muzansobanurire izina Eodia
Nimusobanurire amazina yange
munsobanurire aya mazina :Theophile,afissa,kevine,olive,alice,Dieudonne, Sandrine
Munsobanurire izina Leonie
Munsobanurire izina Leonie
Munsobanurire izina Leonie
Munsobanurire izina Phocas
kunsobanurira izina evode
Muzadusobanurire izina"Seth"ni imyitwarire yabo.
turabakunda ark muzansobanurire izina Morella please ndarishaka cyaneeeee peee
Munsobanurire izina Lorenzo
Ni
twa Chantal Uwambajimana
Muzansobanurire izina Briton
Ni
twa Chantal Uwambajimana
Muzansobanurire izina Briton
Ni
twa Chantal Uwambajimana
Muzansobanurire izina Briton
Nitwa Phocas NGABO
Muzadusobanurire izina "Phocas"
Muzatsobanurire ijyozina
Nabasabaga ko mwansobanurira izina "vedaste " icyo risobanuye n’imyitwarire ibaranga
Ndanyuzwe cyane nubusobanuro mutugejejeho ariko mumfashe na none mumper imyitwarire yabitwa Josette n’a Fridolin
Kuringe ntago nisobanukiwe ndashaka kumenya imyitwarire yaba divine
Muzadufashe mudusobanurire Irene w’umuhungu
Ubusobanuro bwizina mutoni
muzasobanure Obed ubutaha
Kumenya imiterere yizina ryange
Muzadusobanurire izina goreth
Muzadusobanurire izina goreth
Muzansobanurire
Ezra, Ruth, prence.
Musobanurire izina Drocella nimitere yaryo
musobanure izina tresor
Muzansobanurire izina consolee na butera
Musobanurire izina Kenzo
Nshaka ko muzambwira ubusobanuro bwizina Eulade icyo risobanuye
Muzansobanurire egidie na emeriene hamwe na Gloriose
Wagirango muba mwaganirije umuntu kabisa
Izina trezor
izina joselyne
Nshaka kumenya ubusobanuro bw’izina ryange
Ubusobanuro bwizina ryajye
thierry mugishinwa
Nifuza kumenya ubusobanuro bwizina rehema nizina sumaya
-
Kutsobanurira izina cyusa
Nshaka kumenya uko izina anisie risobanura
Muzansobanurire izina Imran.murakoze
Nifuza ko mwazansobanurira izina ryanjye Diogene
Munsobanurire izina pelagie hamwe na besto bisobanura iki?
Munsobanurire Iziba Emmerance
Munsobanurire imyitwarire
Ibimuranga
Musobanurire aya mazinaKelsey NA Keagan
rwanda, western province; rubavu
Meiriwe nitwa NDUWYEZU damascene ndifuzako mwansobanurira icyo asobanuye murakoz
Ndifuza ko mwarinsobanurira
Ubusobanuro
Muzansobanurire izina Oscar
NUKUMENYA KANDI NGASOBANUKIRWA AMAZINA GOSE
Muzadusobanurire izina Seth
ubusobanuro
MUMPE UBUSOBANURO BWIZINA "GODANCE"
Shaka ubusobanuro
Narinipfuj ko mwasobanurir iryozin "Desire"
Muzadushakire ubusobanuro bw’izina yakini
Mwiriwenez ndashakako munso banurira izina umurerwa
muzadushakire ubusobanuro bwizina winner, worthy , blessing
muzadushakire ubusobanuro bw’izina winner, worthy, blessing
muzadushakire ubusobanuro bw’izina winner, worthy, blessing
muzadushakire ubusobanuro bw’izina winner, worthy, blessing
Muzansobanurire izina chanceline
Muzasobanurire izina muhoza donatira
Nukuri turabashimira cyane ubutaha muzaduhe ubusobanuro bw’izina Promesse, Murakoze
Komwazansobanurira Elissa nibimuranga hamwe nibyo akunda
Ndashaka kumenya ubusobsnuro bw’izina Elissa nibyo akunda nicyo yanga
mwansobanuriye izina SHUKURU
Ndashaka kumenya ubusobanurobw,izina Gervais nibyo akunda nibyoyanga
Munsobanurire kellia
Ndabasaba ibisobanuro bya Chantal, Ines, Chanelle, Chris na Christa
mudushakire nizina stephano mutubwire turabakurikiye
Muzansobanuri y’verry nukuri muzaba mukoze🙏
Musobanurire izina leoncia, Janet,nawome na kwine murakoze
Musobanurire izina leoncia, Janet,nawome na kwine murakoze
NDASHAKA KUMENYA UBUSOBANURO BW’IZINA "VIATEUR" N’IMYITWARIRE
Kumemenya insobanuro y’izina ryanje
nshaka ubusobanuro bwizina Evode
Shaka kumenya ubusobanuro bwi izina shine
Muzansobanurire Dieudonne. muzaba mukoze cyane.
Muzansobanurire izina Mariys
Izina Renia muduhe ubusobanuro bwaryo
Muduhe ubusobanuro bwizina Renia
Ndashaka mumpe ubusobanuro bwizina Renia
nagomba musobanurir goldie
Ubusobanur bw’ izina seraphine
Nitwa sabine ncakakumenya ubusobanuro bwizina ryanjya n’imyitwarire
Bisobanuye III?
Ndashaka kumenya izina ryanjye nimyitwarire
Murshimirwa uburwo mwitanga muka dusobanurira
Ndashaka ubuobanuro bwa Diogene
Nashaka munsobanurire salvator
Ndashaka kumenya ubwo sobanuro bwa fillette
Kelly insiguro mukirundi
Ndashaka munsobanurire izina etienne
Ndashaka ko muzansobanurira izina egie nayanike nagoni namuhoza