Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu nto iri mu kibanza uherereye i Ntarama mu Karere ka Bugesera
Yanditswe: Monday 19, Aug 2019
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki 27/8/2019 saa saba z’amanywa (13h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu ntoya iri mu kibanza wa Kagoyire Clementine asangiye n’umugabo we Mulinda Philippe uherereye mu Karere ka Bugesera Umurenge wa Ntarama, Akagali ka Kibungo, umudugudu wa Kagoma ya II kugira ngo hishyurwe umwenda Kagoyire Clementine abereyemo Sacco Ntarama.
Cyamunara ikaba izabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye (...)
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki 27/8/2019 saa saba z’amanywa (13h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu ntoya iri mu kibanza wa Kagoyire Clementine asangiye n’umugabo we Mulinda Philippe uherereye mu Karere ka Bugesera Umurenge wa Ntarama, Akagali ka Kibungo, umudugudu wa Kagoma ya II kugira ngo hishyurwe umwenda Kagoyire Clementine abereyemo Sacco Ntarama.
Cyamunara ikaba izabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel igedanwa ya Me Kagame K. Festo: 0788734008
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *