skol
fortebet

Ndagisha inama-Ngize imyaka 35 nkiri isugi ndibaza icyo nakora ngo mbone umugabo

Yanditswe: Monday 22, Jun 2020

featured-image

Sponsored Ad

Muraho bavandimwe nkunda cyane! Maze iminsi nsoma inama mutanga, nkumva ndanezerewe niyo mpamvu nange mpisemo kubagisha inama. Ndi umukobwa ukuze ufite imyaka 35, nkaba nshaka umugabo ariko mfite ubwoba ko nshobora kuba nenda gucura kubera ndacyari isugi kandi bambwira ko utarabyara cyangwa udahura n’umugabo acura vuba.

Sponsored Ad

Ikibazo kinkomereye ndibaza icyo nakora kugira ngo nkurure abagabo kuko kubera amafaranga mfite mbona abahungu bishakira imitungo yanjye batari serieux ari bo baba bantereta cyangwa abanyamahanga baba barakoze divorce (gatanya) twabanye hanze dore ko maze igihe gito ngarutse mu Rwanda kuko nkora muri UN.

Ubundi abandi bagashaka ko turyamana cyangwa ko bantera inda nkabakeka ko baba bakeka ko ntazabyara. Inama mbagisha ni ukumbwira icyo nakora kuko umwaka ku wundi mba ntegereje umuntu ufite gahunda ifatika ahubwo hakaza abari inyuma yabo nanze bose.

Ubuse nipimire amahirwe mbyare umwana ntaracura, ese nkomeze nihagarareho, mbese mbyanyobeye, mungire inama kuko ndashaka umukunzi pe niyo yaba akennye ariko afite urukundo namwemera tugasangira ayanjye.

Uramutse wumva hari inama wagira uyu mushiki wacu ushobora kuyandika munsi ahabugenewe bityo akareba ko yamufasha kimwe nuko ishobora no gufasha undi wasoma iyi nkuru nawe ufite ikibazo nk’iki ariko utarakigaragaje.

Ibitekerezo

  • Ibyo ntibigutere ubwoba,sinzi niba usenga IMANA byimazeyo kuko wakabaye uyishimira kubyo yaguhaye byose ndetse ukayisaba uwo mugomba kubisangira kandi muzafatanya guhora muyishima.
    Ikindi buriya hari abagukunda ariko utabizi gusa bakagutinyira uko bakubona.Nukuri ntuzavuge ngo wishakire uwo mubyarana kuko nyuma hashobora kuvuka ibindi utari warateganyije.
    Gusa hari uwonzi yifuza kubaka ariko yabuze ubushobozi.
    IMANA ikugirire neza

    Hamagara uyu 0728582260

    Hamagara uyu 0728582260

    Hamagara uyu 0728582260

    Ndumva njye inama namuha ni uko yategereza kuko n’a Sarah bibiriya ivuga ko yabyaye ageze muza bukuru gusa ihangane utegereze kuko ntawiringira Imana ngo akorwe n’isoni.Ahubwo tugiye kugusengera Imana iguhe ufite gahunda

    Ndashaka kubwira uwo mushiki wacu inama ntiyihebe umugabo waboneka igihe nkigera kandi komeza wifate uzagere kuntego wihaye uzampamagare kuri 0788315456 or 0788354756 nkuhe inama zakigabo thanks allot kandi komera.

    yambwira konanjyenumva nishakira umugore yumva yambwira gs komezagusengacyane ubwizanumutimawae ntaramafaranga utunze

    Ubwizanumutimawae ntaramafaranga utunze gs wumva ushize imbere urukundokuruta amafaranga utunze jye ndahari

    Uwo mukobwa nanyandikire kuriyi email ([email protected]),mufitiye inama nyayo Kandi nzineza ko iramufasha.

    Mumumpere number yange cg mumpe number mugire inama cg murangire umusore wubaha imana ushaka kubaka.

    Gusa biragoye gutanga inama ikibazo abo yabonye bose bari bagamije kumurya amafranga?esewowe aho niwaba ubabenga ko baba arabakene?waboneka gute ngo bakugirer intama?

    Gusa biragoye gutanga inama ikibazo abo yabonye bose bari bagamije kumurya amafranga?esewowe aho niwaba ubabenga ko baba arabakene?waboneka gute ngo bakugirer intama?

    Tubwire aho twakubona tukugire inama

    Inama namuha, mumpuze nawe .mfite 33ans, ndi single.

    Ihangane cyane humura imyaka yokubyara ntirarangira nambayawe ya4ne

    Mushikiwacu muzamubwire ahamagare ino nimero ikibazoke gikemuke:0724926390

    Ntabwo gutinda kubyara bituma umukobwa acura vuba,ubundi Abagore bacura kumyaka 45 ariko hari na abagira 50 bakibyara,inama nakujyira nuko wihangana nkuko wihanganye umugabo wawe Imana yaguteguriye arahari.

    Mushiki wacu mumubwire azahamagare iyi number ikibazo cye gikemuke:0724926390

    ikibazo nuko wumva ko bashaka amafaranga wasanga baba bafite nukundo uzaza uzikuremo ko ariyo amuzanye ubigenzure neza uzamenya ukuri uzamubona

    azamvugishe on WhatsApp +250728643421 rwose yiturize ikibazo cye kizahita gicyemuka

    azamvugishe on WhatsApp +250728643421 ubundi yiturize ikibazo cye kizahita gicyemuka pe

    Abantu benshi nkamwe babanje kwiga bihagazeho usanga abahungu babanyafrika babatinya kuko babona mwabasuzugura nagwa mukabategeka ariko baba bibesha cyane.. njye sinakugira inama yogushaka umwana ubu kuko burya kubyara umwana adafite papa we iruhande uba umutera agahinda kuko yazahora akubaza impamvu utabana nase nagwa nase yabona umwana amazd gukura akaza kumugusaba. Umugore ahagarika kubyara afite imyaka 45. Nzi abantu bane bashatse bafite 40 ariko ubu babyaye nabo kandi bavugaga ko aramasugi..ibyo bakubwira bagenzi bawe baragushuka.. gusa njya ubana nabantu unjye aho abandi bari umusore azaza kandi mwiza.. wicika intege

    Mwiriwe neza!
    Mbanje gushimira umuryango.com kuko iteka berekana ko izina ariryo muntu mukazi mukora Kubijyanye nuyu mukobwa wa Yesu rero,
    njye mbanje kumushimira byimazeyo kubwo gufata umwanya nkatekerezako kugeza abonye igitera ibibazo bye.biragaragaza ko agiye kugera kugisubizo...
    Ntiyihebe kuko njye nzi umubare munini wabakobwa bari bameze nkawe kdi bababaje kumurusha kuko bo banihagararagaho ariko inama bagiye bahabwa bazikurikije ubu n’ababyeyi beza cyane....
    Rero Bible itubwira ko imirimo yanyuma ariyo ihesha agaciro iyambere,mubyikuri ntabwo ari wowe wirinze iyo myaka yose kuko nizera ko buri kintu cyose kiba mubushake bw’Imana kdi bikaba igihe cyayo cyageze.
    Ibuka ko buri kigabo cyose Imana yakiremeye ikigore cyacyo.wicika intege fata akanya wegere Imana maze Iragukura murujijo.kuko ushobora gukora ikosa rito wibwira ngo uri kwirwanaho maze ukazabyicuza paka maze nibyo wubatse imyaka yose bigahinduka imfabusa....Yesu niwe mujyanama mwizaaaa....
    Nyemerera usome aya masomo Agufasha guhangana n’icyemezo gikomeye:
    #1 Abami 3(cyose
    #Esiteri 4 kugeza 7
    #Zaburi 139
    #Daniel 2:14-23
    #Abakolosayi 3:12-17

    N.B:Satani ntakwereke ko bicitse kuko ubuzima bwacu buri mubiganza by’Imana.rero nagasatsi kamwe ntikava kumutwe w’umuntu itabishaka...

    Umuryango.com mbemereye ko baguha E-mail yanjye maze tukarushaho gufatanya because two persons are better off than one as much as always success comes with the great partner...
    cg se reka mfate risk nguhe my private number: +250788253999.

    Stay safe
    Protect yourself. and
    Be protected...
    We stand with you please

    Njye inama namugira nukwihangana kuko gushaka umugabo ku myaka 40 byamubabaza kurushaho nategereze ni hashira umwaka bitarakunda azabivemo arye ayo yakoreye yishime mu bundi buryo azarere abana bo mu miryango bakeneye ubufasha wasanga ari wo muhamagare

    Inama : uwo mukobwa amenye ko nta kitagira iherezo gusa namubonera umugabo yakwishimira baberanye muzima.akihitiramo igikwiye .yahamagara Kuri +250788692353 cg Kuri watsap +250787067820 nkabahuza nawe.sawa.Imana irahari izagushyigikira bigende neza.urakoze.

    Nanyandire kuriyi whatsap 0788858102

    Niba koko ari serious yanyandikira kuri iyo email nkamufasha. Kuko hari umuntu nzi nawe wifuza umukobwa ufite gahunda.

    Uyu mukobwa ndamugira inama yo gufata isaha imwe mugihe afite,akinjira mucyumba yateguye neza agasenga Imana nka Daniel,izaguha igisubizo cyumugabo mwiza,ukubaha,afite urukundo ruzira uburyarya,ufite indangagaciro.kandi ntuzapfe kwemera ubonetse wese kuko iyakugize uwagaciro NAYO yihe umwanya izaguha uwagaciro.Urugo runezerewe rwubakira kurukundo.Nanjye nize kaminuza,mbona amafaranga,menyana nabenshi beza,ariko nashatse umwanya wihariye kugiti cyanjye,nta Pasiteri cg undo wese ubimfashijemo.Imana yampaye umugore unkunda kandi unyubaha,ntiyize menshi ariko ubu nageze kuri byinshi.Imana irashaka umwanya kugiti cyawe.

    Uwo mukobwa akeneye umuranga gusa nuko agira impungenge ko abaje baba bashaka fr. Niyikuremo ko abamusanga baba bafite inyota y’ifaranga bizamufasha guhitamo naho kubyara atarashaka byo yaba yihemukiye ataretse n’uwo mwana.

    Mature people must live for others...
    Niyo mpamvu njye nkomeje gutsimbarara kukugira inama Yo kwegerana n’Imana kuko niyo Mugenga wa byose.
    Kdi wirekure imbere yayo ntacyo wishingikirijeho.mbega wiyoroshye nk’ibabaa kuko Ikundaa abafite umutima woroshye...
    Kunyihanganire bikurange kubwo gutanga ibitekerezo byinshi nuko nisanze mukumva akababaro k’abandii.
    SOMA YESAYA 34:16
    ""Nimushake mugitabo cy’uwiteka musome,nta na kimwe muri byo kizabura,Nta kigore kizabura ikigabo cyacyo kuko Uwiteka ariwe ubitegekesheje akanwa ke,kandi Umwuka we akaba ari we ubiteranije..
    For more advices find:
    [email protected]

    Humura ntarirarenga kdi ntakinanira Imana mugihe cyayo cyagenwe,gusa dusabwa kwemera kugengwa n’ubushake bw’Imana....kuko yaduhaye isezerano ko."Izatugira inama,ikazatwigisha,ikatwereka inzira tunyuramo kdi ijisho ryayo rizaduhoraho...((Zaburi 32:8)).

    We for you please!

    Mumpuze nawe tuganire

    Mwampuza nawe tukaganira

    Nanjye azanyandicyi kuri whatsap nemb 0787303317 tuganire ndumusore ufite gahunda

    Umva mpamagara kuri 0788848959

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa