skol
fortebet

The Ben na Pamella baciye akayabo abazifuza kureba ubukwe bwabo kuri murandasi

Yanditswe: Tuesday 07, Nov 2023

featured-image

Sponsored Ad

Umuhanzi The Ben n’umukunzi we Uwicyeza Pamella bakoze urubuga rwo kuzafasha abifuza gukurikira ubukwe bwabo bifashishije ikoranabuhanga.

Sponsored Ad

Binyuze kuri uru rubuga bigaragara ko umuntu wifuza gukurikira ubukwe bw’aba bombi akoresheje ikoranabuhanga azajya asabwa kwishyura ibihumbi 50 by’amafaranga y’u Rwanda.

Byitezwe ko ubukwe bw’aba bombi buzaba ku wa 15 Ukuboza ahateganyijwe umuhango wo gusaba no gukwa mu gihe ku wa 23 bazasezerana imbere y’Imana mu birori bizabera muri Kigali Convention Centre.

The Ben na Uwicyeza bagiye gukora ubukwe nyuma yo gusezerana imbere y’amategeko muri Kanama 2022, umuhango wabereye ku biro by’Umurenge wa Kimihurura.

Ibitekerezo

  • EH NDUMVA BITOROSHYE, NUBWUMWAMI BABUREBERA UBUNTU UBWO WE AFITE IKI KIRUSHIJE ABANDI?

    Konumva yabigize intambarase? Numupira nzabandebase? Ariko nyuma bashwanye urubanza twarureba Ubuntu.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa