skol
fortebet

Gira ishyaka ryo gusangiza urukundo rw’imana-Rev.Nibintije

Yanditswe: Thursday 06, Feb 2020

Sponsored Ad

Imigani 21:5

"Ibyo umunyamwete atekereza bizana ubukire ariko ubwira bwinshi bwiriza ubusa"

Sponsored Ad

Nshuti ya NEMI,

Ese ugwa neza ndetse ukagira n’ubwitonzi imbere y’abantu?ugendera mu rukundo?ukunda abandi kuruta uko wikunda?

Iki gice kitubwira kugira ishyaka,zirikana iri jambo "guhindura umuntu,ndetse no gushaka".

Ushobora kuba uri gushaka gusangiza abandi ubuntu bw’Imana ndetse n’ubwiza bwayo:

Bera icyitegererezo abantu bose,nubwo twifuza kubana n’abantu bose neza naho baba batabikwiriye,

Dukeneye kugendera mu rukundo kandi tugirira abantu neza nubwo bo baba batugiriye nabi.

Uburyo ubanye n’abantu bigira ingaruka k’umugisha n’ubuntu bw’Imana ugiye kubona .

Kugira umutima mwiza,no gushaka Imana ,nkuko ubikora, bizatuma Imana ibiguhembera ndetse iguhundagazeho imigisha yayo .

Niwamamaza imbabazi z’Imana mu bakuzengurutse uzavumbura ubutsinzi bukurimo.

Imana ibahe umugisha!

Nibintije Evangelical Ministries International (NEMI)
[email protected]
+14123265034 WhatsApp

Ibitekerezo

  • Ndunganira Pastor.Mu byukuri,urukundo nyakuri ruri mu ijambo rimwe dusoma muli Matayo Matayo 7:12,havuga yuko "Icyo utifuza ko cyakubaho ugomba kwirinda kugikorera abandi".Turamutse tubyubahirije,ibi byose byavaho burundu:Intambara,ubusambanyi,ruswa,akarenganyo,kwiha umushahara munini cyane kurusha abandi,amashyaka ya politike,etc...Isi irangwa no kwikunda.
    Kugirango isi izabe paradizo,nkuko Imigani 2:21,22 havuga,Imana izabanza ikure mu isi abantu babi bose,isigaze abayumvira gusa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa