skol
fortebet

Hagarika ibiganiro bivuga ko wagize ubuzima bubi-Rev.Nibintije

Yanditswe: Sunday 22, Dec 2019

Sponsored Ad

Soma 1 Yohana 4:4: "Bana bato, muri ab’Imana kandi ba bandi mwarabanesheje, kuko uri muri mwe aruta uri mu b’isi."

Sponsored Ad

Mu ijambo « KURENGANYWA » ( VICTIM)muri vocabulaire nifashije mu ururimi rw’ icyongereza ni «

• I do not have an education( ntabwo nabashije kwiga)
• I was abused in my childhood ( Naranyanyashijwe mu buto bwanjye. Ariko aho menya mbivanzemo na Swahili)

•My Father deserted my mother( Papa yari yarirukanye Mama cyangwa Mama yari yarataye Papa)

Hagarika ibyo biganiro aho wabivugiye birahagije.

Ahubwo guhera kano kanya,

* Rwana iyo ntambara( Fight It) kuko ejo hazaza hawe HAGEZE.

Tangira gukora nkaho utigeze guhura n’ ibyo bibazo kuko,
Wasizwe amavuta yo kwegezayo ibyo bintu bigutera kwiganyira no kumva ko ntacyo ushoboye bitewe nibyo wahuye nabyo.

Nyumva neza ko utafashwe mpiri nibyakubayeho, ahubwo ukimara kumenya Yesu warabohowe.

Ntabwo uri « A Victim » ahubwo uri « A VICTOR »

Imana iguhe umugisha..!

Komeza kugira Weekend nziza.

We Love ❤ 💕 You....!

Nibintije Evangelical Ministries International (NEMI)
[email protected]
+14123265034(WhatsApp)

Ibitekerezo

  • Ndabaza Pastor.Ese ni bande Imana yasize amavuta?Ni abantu bose?Mu byukuri,urabwira nde?
    Impamvu mbibaza,nuko pastors basigaye bizeza abayoboke babo ibitangaza,bakababwira yuko imana yaberetse ko bagiye gukira,kubona visa ijya muli Canada,etc...Please,sobanura.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa