skol
fortebet

Itangazo: NEMI yashyizeho irushanwa ryo kwiga no gusoma Bibiliya, ushobora gutsindira ibihumbi 100 buri cyumweru

Yanditswe: Saturday 22, Jun 2019

Sponsored Ad

NIBINTIJE EVANGELICAL MINISTRIES INTERNATIONAL/USA ibafitiye agashya. Kurikirana inyigisho zitangwa n’iyi Ministry kandi unasome Bibliya maze winjire mu ibazwa rijyanye n’ ijambo ry’ Imana ubashe gutsindira Ibihumbi ijana( 100000frw) buri weekend.

Sponsored Ad

Dore ibisabwa kugira ngo ubashe kwemererwa muri iyo gahunda yo gutsindira ibihumbi ijana ( 100000frw)

Ibisabwa:

•Kuba muri umuryango wa bugufi ( ababyeyi bawe, abana bawe, abo muvukana, abishywa bawe. Nawe urabyumva family yabugufi. Ntabwo ari inshuti zawe.)batari hasi ya 4. Ariko hari impamvu yumvikana ituma abo bantu 4 baboneka nta ikibazo.

• Kuba muri ayo mafranga agomba gutanga umusanzu uzafasha abandi ungana na 1/10(icyacumi.)

•Kubanza gukora registration y’ iyo family yabo, ingana n’ amadorari $15

•Kuba umaze gutsindira ayo mafranga inshuro 3 kuyindi nshuro ya 4 mushobora kurushanwa amafranga akagenerwa amafamily runaka afite ibibazo bijyanye n’imibereho myiza n’iterambere hirya no hino aho dutuye .

• Kuba uri mu byiciro by’inyuma mu bukungu n’imibereho myiza bizaba ari akarusho.

Ikitonderwa: Iyi ministere yafunguwe byemewe n’ amategeko hano muri Amerika ariko ikaba yarashinzwe bitewe nicyo Imana yavuganye nanjye mu myaka 20 ishize impaye kuyimenya no kuyikorera kubijyanye n’umurimo yampaye kandi ntabwo yabwiye ko ngomba kuwukorera ahandi atari mu igihugu cyanjye.

Bityo nindangiza kwiga nzaza kuwandikisha mu gihugu cyanjye.

Uyu muryango ntabwo ari idini cyangwa Itorero kandi ntabwo uzaba idini cyangwa Itorero. Gusa uzajya ukorana n ‘amatorero abishaka:

•Gutanga seminar y’ ibyiciro bitandukanye

•Training ku abayobozi b’ amatorero, amatsinda atandukanye aba mu Itorero

• abanyamasengesho

• abashakanye

• urubyiruko

• Ni izindi nyigisha zimbitse cyane kuri topic iyariyo yose bifuje

• gufasha abantu (Counseling) no kubafasha mu masengesho yabo.

Murakoze..!

Ubu butumwa si umwihariko wacu, ni inyigisho zikomoka mu ijambo ry’Imana zitegurwa kandi mukagezwaho na Rev./Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za America, abinyujije muri NIBINTIJE EVANGELICAL MINISTRIES INTERNATIONAL/USA
Tel/Whatsapp: +14123265034(WhatApp)
Email: eustachenib@yahoo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa