skol
fortebet

Ababyeyi bo muri Colombia bahatiriza abahungu babo gutera akabariro n’indogobe kubera impamvu zitangaje

Yanditswe: Monday 07, Sep 2020

featured-image

Sponsored Ad

Bamwe mu babyeyi bo mu gihugu cya Colombia bakomeje umuco utavugwaho rumwe wo gutegeka abana babo b’abahungu gutera akabariro n’indogobe z’ingore mu rwego rwo kubategurira kuba abagabo no kubarinda kuba abatinganyi.

Sponsored Ad

Amakuru avugwa n’abaturage bo muri iki gihugu nuko bamwe mu bana bakuze basambanya izi nyamaswa baba abagabo bakabatwa no kuzisambanya kugeza ubwo baba imbata zabyo.

Bamwe mu bagabo bo muri iki gihugu bivugwa ko barenza amaso abagore babo bakajya gusambanya izi ndogobe baba barahatirijwe gusambanya bakiri bato.

Abagabo bo muri Colombia bizera ko abahungu babo batangira kwitoza gutera akabariro bifashishije indogobe bikabafasha kuzashimisha abagore babo,ngo bibafasha kandi kongera ibitsina byabo bikaba binini ndetse ngo bibafasha kutaba abatinganyi.

Uyu muco ngo uramenyerewe muri iki gihugu kuko ngo n’abahanzi baho bakora indirimbo bawushimagiza,abandi bakawuvuga imyato ndetse ngo hategurwa iserukiramuco ngarukamwaka ryo gusambanya indogobe.

Mu mwaka wa 2012 hari inkuru yakwiriye hirya no hino ku isi y’umugabo wafunzwe azira guhatiriza umwana we ukiri muto gusambanya indogobe akabyanga.

Uyu mugabo yatawe muri yombi nyuma y’aho umugore we yagiye kumurega kuri Polisi avuga ko yamufashe ari guhatiriza abana babyaranye babiri kuryamana n’indogobe.

Nyuma y’iperereza,Polisi yafunze uyu mugabo nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo guhohotera uyu mwana wari uri munsi y’imyaka 14 icyo gihe.

Mu bice bimwe na bimwe bya Colombia gutera akabariro n’indogobe y’ingore n’umuco wemewe ku bagabo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa