skol
fortebet

Inama ku bagabo bashaka kunyaza bikanga n’uburyo wanyaza neza

Yanditswe: Friday 02, Dec 2016

Sponsored Ad

skol

Iyi ni inkuru idasanzwe dukoze twifashishije abantu b’ingeri zitandukanye tubitewe n’abantu benshi bamaze igihe kinini batwandikira bamwe batubaza niba koko kunyaza cyangwa kunyara bibaho,n’ uburyo abagabo bashobora kubikora nabi bikaba ari bimwe mu bituma abagore babo batanyara. Bamwe bati: ” Kunyara bivugwa mu mibonano mpuzabitsina hari aho bihurira no kunyara inkari zisanzwe? ” Abandi bati: ” ese niba ari byiza bakora iki ngo bibabeho? “
Ubundi Umugabo unyaza yirinda ko igitsina cye (...)

Sponsored Ad

Iyi ni inkuru idasanzwe dukoze twifashishije abantu b’ingeri zitandukanye tubitewe n’abantu benshi bamaze igihe kinini batwandikira bamwe batubaza niba koko kunyaza cyangwa kunyara bibaho,n’ uburyo abagabo bashobora kubikora nabi bikaba ari bimwe mu bituma abagore babo batanyara. Bamwe bati: ” Kunyara bivugwa mu mibonano mpuzabitsina hari aho bihurira no kunyara inkari zisanzwe? ” Abandi bati: ” ese niba ari byiza bakora iki ngo bibabeho? “

Ubundi Umugabo unyaza yirinda ko igitsina cye kigwa,ndetse akamenya neza igihe umugore we arangiriza kuko bifasha kumenya na we ukuntu ari bugenzure umuvuduko we ndetse akaza no kumenya niba agiye kurangiza mbere y’umugore bityo akaba yashaka uburyo aba akuyemo igitsina cye gahoro gahoro agasa n’ukorera inyuma mu rwego rwo kwirinda ko yahita arangiza vuba.

Mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina hajya habaho kunyara, kunyara biba ku ruhande rw’umugore cyangwa umukobwa igihe asohora amavangingo ashyushye aturutse mu myanya myibarukiro ye bitewe n’uburyohe budasanzwe aba atewe n’uwo bakorana imibonano mpuzabitsina.

Ibi umugabo akaba abigiramo uruhare rukomeye ndetse abagabo bakaba bagomba kumenya neza uburyo bakwitwara muri iki gikorwa n’icyo bakora kugirango abagore babo bazane aya mavangingo.

Byumvikane rero ko kunyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina bitandukanye no kunyara inkari zisanzwe ko ahubwo ari uburyohe buba bwinshi umugore aba ahawe n’umugabo bugatuma umukobwa cyangwa umugore asohora amavangingo bikanatuma ububobere mu gitsina cye burushaho kwiyongera.

Kunyara rero bikorwa bite ? Inzobere y’ umudogiteri Moussa Guiro avuga ko kugira ngo kunyara bibeho, bigomba gutegurwa mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina ndetse no mu gihe muri kuyikora. Uko bitegurwa rero nuko mbere y’uko mutangira gukora imibonano mpuzabitsina, mugomba kubanza mukabitekerezaho, mukabyishimira,ukishimira uwo mugiye kuyikorana.

Uyu mu dogiteri kandi abuza abagabo guhita bafata igitsina cyabo ngo bahite bagishyira mu cy’abagore, ko ahubwo hagomba kubanza umwe agakora ku wundi buhoro buhoro amushimashimaho gake gake ari nako ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina bugenda bwiyongera,mugasomana bikageraho mutangira gukora imibonano mpuzabitsina.

Mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina, ntabwo umugabo yinjiza igitsina cye cyose mu cy’umugore ahubwo akigarukiriza ahagana hanze akajya agikoza kuri rugongo (clitoris) buhoro buhoro azamura akongera akamanura ,icyo gikorwa uko gikomeza kugenda ni nako ububobere ku mugore bwiyongera bigatuma umugabo aryoherwa cyane, bityo n’umugore akarushaho kuryoherwa agatangira kurekura amavangingo ashyushye cyane aricyo twise kunyara.

Umugabo kandi unyaza bikanga agomba gusaba umugore we kumufasha muri iki gikorwa akamufata ku bice by’umubiri bitandukanye bifasha umugabo kumva uburyohe,urugero nko mu irugu, mu gituza ndetse no mu mugongo. Ibi bice umugore agomba kubifatira umugabo we mu gihe bari muri iki gikorwa kuko bifasha umugabo kunyaza neza.

Ni byiza rero ko umugabo amenya ndetse akaniga uburyo anyaza umugore we; ibi bikajyana no kugenzura umuvuduko akoresha; yakumva agiye kurangiza agakoresha uburyo aba aretseho gato kugirango abashe gufasha umugore we baze kurangiriza rimwe.

Ibitekerezo

  • ndabichakakynyaza0725710340

    NDIFUZA UMUKOBWA UFITE 22_28ans1m55_1m60afite akaz akriko kose njye mfite26ans1m55TEL:0786773315,0728380257,0736036741

    The punishr

    NDIFUZA UMUKOBWA WIMYAKA 20_22 YABA AFITE AKAZI CYANGWA ATAGAFITE MUREMURE FITE 55cm unanutse ATARICYANE 0735533986

    Murakoze cyane kumpuguro zanyu kandi zigira umumaro

    Ese umugore umunyaje utarinjiza igitsina mucye hari ikibazo bitera?

    None Se Umenya Gute Ko Umukobwa Agiye Kurangiza?

    ibi biganiro muduha biradufasha cyane kbx murakoze.

    UWIMANA BRUCE

    kbs ubwoburyobwokunyaza nibwiza cyane burimugaboweseyakagombye kubumenyaneza kugirango ajye aryohereza umugorewe,

    Izo nama nizo, abakobwa namenye benshi baranyaye mbaswera. Abazungu nibo babikora kenshi!

    ndumkobwa ndifuza umugobo utarimunsi 35ans afite m1mm70

    umugore cyangwa umukobwa anyara muhuye munzira nihe kimenyetso kibikwereka ko anyara

    Umenya Gute Se Kumugore Arangije?

    Inama muduha ninziza kbs ndashaka umukobwa ufite 1cm55 ufite imyaka 22

    Umugore kugirango anyare ugomba gukora iki?

    nn mugihe umugabo anyaje umugor wew niho urukundorwiyoger kumpand zos?

    Igitekerezo Canje Nkomugihe Umuhungu Abafise Imboro Ngufi Bigendagute?Arashobora Gukora Imibonano Mpuzabitsina?

    Igitekerezo Canje Nkomugihe Umuhungu Abafise Imboro Ngufi Bigendagute?Arashobora Gukora Imibonano Mpuzabitsina?

    murakoze kunamanziza mutugiriye arikose ryariumugore arangiza ubibwirwaniki?

    IGITEKEREZO NUKO IZI NYIGISHO MWANYA MUMANUKA MUKAJYA NO KUZIGISA ABAGABO N’ABAGORE BO MU CYARO KUKO NTA ENTERNET BAFITE

    murakoze kunama mutugira ikibazo mfite umugore anyara mbere yokurangiza cg anyara yarangije

    nonese ubwo umugabo arangiza vuba, umufore ntiyanyara

    Jew nobasab nimer ya watsapp gusa

    Nonese umugabo uragiza Vuba mwamugira iyihe nama?

    Nonese umugabo uragiza Vuba mwamugira iyihe nama?

    ngewe narinzikobiterwa nokuba ataraciye imyeyo

    nigut wava kunjyeso yokwikinisha

    exekoiyongiyekurongora ndangizavuba nanumunotamara wafasha ukazasobanurira

    Murahoneza:::mumfashe ese hariho umugore cyangwa umukobwa utagira rugogo ????ese yashobora kunyara???mumfashe rwose

    Ndagisha inama ,umugabo wanjye ambwira ko ankunda ariko namufashe anca inyuma ,nkore iki

    Ngira ikibazo cyo gutinda gushyukwa birangora

    Nnneko ndangiza vuba inama nizihe?

    Nnneko ndangiza vuba inama nizihe?

    Nnneko ndangiza vuba inama nizihe?

    nkuko mubitubwiye tubonye bigoye kandi turabikeneye cyane ko mutwigisha kuko abenchi murubyiruko ntitubizi ahubwo dukunda kwicyinisha mutubwire niba haringaruka yokwicyinisha murakoze

    Ese abagore Bose barangazwa?

    Nibyizwcyane akenshi iyo binaniranye niyo mpamvu, benshi bigirahanze. Kandi ari ubumenyi buke.

    Nukuri muratwigisha bikagenda neza ubutasha muzatubwire niba hari umugore utagira amavangingo murakoze

    NONESE NTAMUGORE UTANYARA

    Kunyara se ni itegeko?numva nta mugore utanyara Bose birakunda keretse uwo bitarimo

    Kunyara koko bibahondabyemera ariko unsanga kuri videos bashyiraho amakabyankuru ugasanga umugore bari kunyaza akarekura nka 5liters mu kirere zamazi ibyobintu mubivugaho iki?

    Ese umugabo utagira inguvu yafatiki (Imfunguro cangwa imiti) ngwanyaze?

    Nigute narongorumukobwa akarira

    Kuranjyiza vuba kumugabo bitegwa nicyi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa