skol
fortebet

Queen Cindy yateje imvururu kuri Twitter nyuma yo kuvuga ko yifuza umusore umurongora mu buryo budasanzwe kandi udafite n’igitsina kinini

Yanditswe: Friday 03, Apr 2020

Sponsored Ad

skol

Nubwo benshi mu batuye isi bahangayitse kubera icyorezo cya Coronavirus, abakoresha imbuga nkoranyambaga ntibigeze bahagarika kugaragaza ibyifuzo byabo ku buzima bwabo bwa buri munsi cyane cyane ku bijyanye n’urukundo ndetse no gutera akabariro, nk’uyu mukobwa wiyita Queen Cindy.

Sponsored Ad

Uyu mukobwa ukomoka mu gihugu cya Ghana yacanye umuriro kuri twitter nyuma yo kugaragaza ko we iyo bigeze mu gukora imibonano mpuzabitsina adahangarwa, agashimishwa ndetse akanaryoherwa ari uko umuhungu wamurongora neza ari uwamurongora amaturu atanu yose atarananirwa ku buryo akomeza.

Mu kugaragaza ibyo byifuzo bye, abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, Queen Cindy yavuze ko akunda umuhungu urongora nibura amaturu 5 ataruhuka kandi bikaba nkaho arimo yishyushya igikorwa nyacyo kitaratangira. Ati: “Nkeneye umuhungu dukundana uzumva ko amaturu atanu (mu imibonano mpuzabitsina) ari ukwishyushya.”

Ariko kandi yongeyeho ko adakunda abasore bafite ubugabo bunini (igitsina kinini).

Uyu mukobwa uvuga ko akunda umuhanzi wizikid usanga tweet ze zikurikirwa cyane dore ko abafite abakurikira bagera ku bihumbi makumyabiri (20,000 followers) mu gihe cyitarenze umwaka dore ko urukuta rwe yarushinze mu mwaka ushize.

Tweet ze usanga zibanda ku biganiro bijyanye n’ibiganiro ku rukundo ,gukora imibonano mpuzabitsina n’ibindi bijyana nabyo.

Ibitekerezo

  • Iki ni ikindi cyorezo cyugarije isi ya none kandi cyica ibihumbi by’abantu kidasakuje mu bitangazamakuru: ubugoryi!

    Gusambana bisigaye ari umukino.Basigaye babyita ngo ni "ugukundana".Nyamara mu myaka yo hambere,abakobwa hafi ya bose bashyingirwaga ari vierge (amasugi).Ubu noneho abantu basigaye bakorana ubukwe na Robots.Rwose tujye twemera ko turi mu minsi y’imperuka.Bible ivuga ko mu minsi y’imperuka,abantu aho gushaka Imana,bibera mu gushaka amafaranga n’ibibanezeza gusa.Nubwo abantu miliyoni na miliyoni baryamana batarashakanye mu rwego rwo kwishimisha,Imana yaturemye irabitubuza.Itwemerera kuryamana n’umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma bikazakubuza ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.

    Birababaje nukuri amaherezo uko twirirwa dufana umupira niko nabasambana bagiye kujya babandirwa kukarubanda !!! Iyisi iradushiranye p mutyo turarame turebe mu ijuru

    ESE nimuzi yuko imibiri yanyu ari sengero ryumwuka uri murimwe ahubwo mureke ubusambanyi bwanyu imibiri yanyu ihimbaze Imana gusa. nshuti banza wemere ko uri umunyantege nke nyuma isabe Imana kukurwanirira. I mpamvu mvuze ibi satani yara kataje yoroshya icyaha cyubusambanyi. ubu abantu ntibakigira ubwoba bwo gusambana satani yabagize ibyihebe. ariko muze turwanye satani nawe azaduhunga

    Karahagazwe pe!

    Bavuga gusambana ntibavuga kurongora.

    iyi niyosi yubu nonese kwaribyo bigezweho uretse nabariya nabacu ubona bitaratangiye gusa bazitiwe na COVID19 ahubwo nah IMANA

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa