Udushya
Umukinnyi Rainford Kalaba yiswe Mayweather w’umunya Zambia kubera guhorana n’abakobwa b’ibizungerezi [AMAFOTO]
Yanditswe: Tuesday 18, Jun 2019
Umukinnyi w’umunya Zambia witwa Rainford Kalaba ukina mu ikipe ya TP Mazembe muri RDC,akomeje kuvugwa cyane mu binyamakuru by’iwabo muri Zambia kubera uburanga bw’abakobwa ahora ahinduranya buri munsi byatumye bamwita Floyd Mayweather wa Zambia.
Kalaba w’imyaka 32 ni umwe mu bakinnyi bakize cyane muri Zambia ndetse ntasiba kugaragara yasohokanye n’abakobwa b’ibizungerezi ahantu hahenze cyane.
Uyu mukinnyi udasiba guhamagarwa mu ikipe ya Zambia amaze igihe kinini muri TP Mazembe kuko yayigezemo mu mwaka wa 2011.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *