skol
fortebet

Umwongerezakazi yapfuye nyuma yo kwibagisha yiyongeresha ikibuno

Yanditswe: Wednesday 13, Mar 2019

Sponsored Ad

Umugore w’Umwongerezakazi witwa Leah Cambridge w’imyaka 29 wari warasajijwe no kugira ikibuno kinini yafashwe n’umutima arapfa ubwo yari amaze kwibagisha mu rwego rwo kucyongeresha.

Sponsored Ad

Uyu mugore watewe ibishinge mu mbavu no ku kibuno kugira ngo kibyimbe cyane,yahuye n’uruva gusenya ubwo yari amaze kwibagisha,afatwa n’umutima uramuhitana.

Leah yamaze igihe kinini ajya kwibagisha muri Turkey, aza gufatwa umutima ubugira 3 bimuviramo urupfu.

Umugabo wa Leah witwa Scott Frank yavuze ko uyu mugore we yagiriwe inama yo kubanza yongera ibiro kugira ngo abone kwibagisha yiyongeresha ikibuno ntiyabyubahiriza ariyo mpamvu yarwaye umutima inshuro 3 bimuviramo gupfa.

Scott yavuze ko yabujije uyu mugore we kwiyongeresha ikibuno arabyanga,birangira ahitanywe n’umutima watewe n’inshinge yatewe bamukorera operation.

Ibitekerezo

  • This world is mad.Yaba amabuno mato cyangwa amanini,ntibibuza umuntu kurwara.Ikibazo nuko bene aba baba bashaka "gukurura" abagabo ngo baryamane kandi Imana itubuza gusambana.Tujye twibuka ko abanyabyaha batazaba mu bwami bw’imana nkuko bible ivuga.Aho gushaka ibyisi gusa,Yesu yadusabye gushaka mbere na mbere ubwami bw’imana nkuko Matayo 6:33 havuga.
    Ikindi kandi,bible yerekana neza yuko abantu bose bakora ibyo Imana itubuza itazabazura ku munsi wa nyuma.Aba bibagisha amabuno,kimwe n’abandi bose bakora ibyo Imana itubuza,bakuba na zero ibyo imana itubuza.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa