U Buyapani: Amaze gukina filime z’urukozasoni 350, ku myaka 81
Yanditswe: Monday 12, Dec 2016
Shigeo Tokuda, w’imyaka 81 y’amavuko ukomoka mu gihugu cy’u Buyapani niwe wagaragajwe nk’umuntu ukuze ugikina Filime z’urukozasoni kubwe ngo nta gahunda afite zo kureka gukina.
Yinjiye muri uyu mwuga ubwo yari afite imyaka 59 y’amavuko. Amaze gukina filime zisaga 350. Avuga ko muri uyu mwuga yahuriyemo na bamwe bakuze abandi agasanga ni abana kuri we.
Yabwiye ikinyamakuru Effet papillon ducyesha iyi nkuru, ko yinjiye mu gukina izi Filime ubwo yari ahawe ikiruhuko cy’izabukuru. aho yaje (...)
Shigeo Tokuda, w’imyaka 81 y’amavuko ukomoka mu gihugu cy’u Buyapani niwe wagaragajwe nk’umuntu ukuze ugikina Filime z’urukozasoni kubwe ngo nta gahunda afite zo kureka gukina.
Yinjiye muri uyu mwuga ubwo yari afite imyaka 59 y’amavuko. Amaze gukina filime zisaga 350. Avuga ko muri uyu mwuga yahuriyemo na bamwe bakuze abandi agasanga ni abana kuri we.
- Tokuda ni umwe mu bakuze bagikina filime z’urukozasoni
Yabwiye ikinyamakuru Effet papillon ducyesha iyi nkuru, ko yinjiye mu gukina izi Filime ubwo yari ahawe ikiruhuko cy’izabukuru. aho yaje kubisabwa n’inshuti ye imubwira ko yajya abona amafaranga menshi aho kugirango akomeze yicare.
Umuyapani Tokuda ngo kuva yatangira gukina izo Filime yagiye yisanga mu buriri bumwe n’abakobwa bakiri bato. Anavuga ko yigeze kuryamana n’umukecuru w’imyaka 71 y’amavuko.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *