skol
fortebet

Umugabo wagaragaye ashaka gusoma umukobwa muri #AFCON2023 yahishuye byinshi

Yanditswe: Thursday 01, Feb 2024

featured-image

Sponsored Ad

Bwana Anselme Santos wo muri Cote d’Ivoire yagiye mu mazi abira kubera amashusho yamugaragaje ari kwiyegereza umukobwa w’ikizungerezi w’umunya Senegal nyuma y’umukino w’Igikombe cy’Afurika.

Sponsored Ad

Ubwo Cote d’Ivoire yari imaze gutsinda Senegal kuri penaliti 5-4,Bwana Anselme yagaragajwe mu mashusho ari kwiyegereza uyu mukobwa mwiza w’umunya Senegal byatumye umugore we n’abana barakara nyuma yo kubona amashusho. a

Anselme Santos,wamamaye cyane nyuma yo kugaragara muri iyi videwo yakwirakwiriye ku mbuga nkoranyambaga, yagize ati:

“Mu byishimo byinshi, naramubwiye nti ’mpa numero yawe’. Ntabwo byari bibi, ariko ntiyabishakaga. Ntabwo rero nahatirije. Ndashaka kuboneraho umwanya wo gusaba imbabazi umugore wanjye n’abana banjye!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa