skol
fortebet

Ese koko umugore ufite ikibuno kinini ashobora kuryohereza umugabo we mu gihe cyo gutera akabariro kurusha umugore ufite ikibuno gito?REBA IGISUBIZO

Yanditswe: Monday 19, Jun 2017

Sponsored Ad

skol

Usanga abagabo benshi bavuga ko umugore ufite ikibono kinini ashobora kuryohereza umugabo we cyane kurusha ufite ikibuno gito ibi bikanatuba usanga abagabo benshi bagenda bakebuka bena aba bagore b’ibibuno iyo bahuye na bo mu muhanda. Ariko se ibi bivugwa ni byo? Soma ushire amatsiko.
Ubundi impuguke mu bijyanye n’imibonano mpuzabitsina bemeza ko kuryoherwa cyangwa kuryohereza uwo mukorana iki gikorwa biva ku bintu byinshi bitandukanye harimo uburyo mwishimiranye, uko mukundana, uko (...)

Sponsored Ad

Usanga abagabo benshi bavuga ko umugore ufite ikibono kinini ashobora kuryohereza umugabo we cyane kurusha ufite ikibuno gito ibi bikanatuba usanga abagabo benshi bagenda bakebuka bena aba bagore b’ibibuno iyo bahuye na bo mu muhanda. Ariko se ibi bivugwa ni byo? Soma ushire amatsiko.

Ubundi impuguke mu bijyanye n’imibonano mpuzabitsina bemeza ko kuryoherwa cyangwa kuryohereza uwo mukorana iki gikorwa biva ku bintu byinshi bitandukanye harimo uburyo mwishimiranye, uko mukundana, uko mwateguranye...

Ese koko umugore ufite ikibuno kinini ashobora kuryohereza umugabo we mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina kurusha umugore ufite ikibuno gito?

Birashoboka gusa ibi ntibiterwa n’uko afite ikibuno kinini ahubwo biterwa n’uko ateye ndetse no kuba yujujuje biriya twavuze haruguru harimo kuba yateguwe neza, yumva ashakwa, yishimiwe kandi akunzwe. Ibi ni byo bintu byonyine bishobora gutuma uyu mugore yumva aryohewe n’imibonano mpuzabitsina kandi iyo umugore yaryohewe biba byoroshye cyane kuryohereza n’umugabo we.

Ku ruhande rw’umugabo, ashobora kuryoherwa kurushaho cyane cyane kubera ko aba yamaze kubyizera mbere yo gutangira iki gikorwa kuko muri we azi neza ko umugore wese ufite ikibuno kinini aba aryoshye nta kabuza. Ibi rero bimufasha kwinjira neza muri iki gikorwa ndetse bikanatuma yumva yishimiye kugikora bitewe n’ibyishimo yumva ari bubikuremo.

Umwanzuro

Dukurikije ibyo inzobere ku mibonano mpuzabitsina zivuga, umugore ufite ikibuno ashobora kuryohereza umugabo kimwe n’uko ufite ikibuno gito nawe ashobora kumuryohereza ndetse akaba yanarusha ufite kinini.

Uko iki gikorwa kigenda n’ibiri buvemo byose biterwa n’uko abagikora bitwaye, ibihe barimo(bishimye kandi batuje...), uko bishimiranye, uko bakundana, imyiteguro bakora mbere yo kugitangira n’ibindi byinshi. Imitere y’umuntu inyuma rero ntaho ihuriye n’uburyo umuntu yitwara mu buriri. Abajyaga rero babyibeshyaho muramenye ejo mutazatungurwa no gukunda umukobwa kubera uko ateye ejo akazabatungura musanze nta kigenda mu buriri.

Ibitekerezo

  • abakobwa benshi bafite ibibuno binini tubakunda arabo gusambanya naho abogushyira murugo twihitiramo abafite utubuno duto

    UFITE IKIBUNOKININI NIWEMWIZA,NIWURYOSHYA ICYOGIKOQPWA.

    Uwumva ashaka umuryohereza ndahari number niyikandi umugore wumva anyeneye kalibuni0782010660.

    ntakindi narenzaho murakoze

    Murakoze cyane bwitange bwanyu kudusangiza iyi nkuru gusa abagabo benshi dukunda
    Abafite ibibuno binini us a ng a bishimishije muzambwire umuti u tum a uwange abyibuha ndabikunda

    Muraho tubashimiye kunama mutugira nashakaga kubaza ese kujya muri onapo kumugore bituma atanyara murakoze kugisubizo cyanyu

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa