skol
fortebet

Ubuhamya bw’umugore waryamanye n’umugabo usiramuye n’udasiramuye ngo yumve itandukaniro

Yanditswe: Friday 09, Jun 2017

Sponsored Ad

skol

Nabyirukiye muri Amerika, mu myaka myinshi namaze ndi umukobwa, naje kuryamana n’umusore ku nshuro ya mbere nsanga asiramuye kuko mu mugi dutuyemo gusiramurwa bisa n’ibiri mu muco.
Uko nabyumvise kuko nari mbikoze bwa mbere, nagizengo niko bihora bimeze no ku bandi ariko naje gusanga naribeshyaga.
Uko nagiye mara imyaka myinshi, nagendaga nunguka inshuti zitangukanye aho naje no kumenya ibijyanye n’ikoranabuhanga ntangira kujya ndeba ibintu bitandukanye kuri za interineti, ubwo nabonaga (...)

Sponsored Ad

Nabyirukiye muri Amerika, mu myaka myinshi namaze ndi umukobwa, naje kuryamana n’umusore ku nshuro ya mbere nsanga asiramuye kuko mu mugi dutuyemo gusiramurwa bisa n’ibiri mu muco.

Uko nabyumvise kuko nari mbikoze bwa mbere, nagizengo niko bihora bimeze no ku bandi ariko naje gusanga naribeshyaga.

Uko nagiye mara imyaka myinshi, nagendaga nunguka inshuti zitangukanye aho naje no kumenya ibijyanye n’ikoranabuhanga ntangira kujya ndeba ibintu bitandukanye kuri za interineti, ubwo nabonaga ibitsina by’abasore batandukanye nkaza no kubonamo ibidasiramuye.

Ibi byaje kuntera amatsiko yo kumenya uko kuryamana n’umusore udasiramuye bimera ntangira no gushakisha uburyo nashira amatsiko.

Ntibyatinze rero naje gukundana n’umusore wo mu gihugu cya Swede, aho iki gihugu kimwe n’ibindi bihugu byinshi byo ku mugabane w’u Burayi batamenyereye ibintu byo kwisiramuza.

Inzozi zanjye zabaye impamo kuko ku munsi wo twaryamanaga natunguwe no gusanga adasiramuye nubwo tutari twarabiganiriyeho mbere ngo menye niba asiramuye cyangwa adasiramuye.

Uko nabyumvise, ntabwo byampaye ikinyuranyo kinini nkurikije n’uko nari nabyumvise ku musore wa mbere twari twararyamanye mu myaka igera kuri 4 yari ishize.

Byatumye nyuma yo kuryamana n’uyu musore udasiramuye nongera nshaka undi musore usiramuye ngo turyamane ubwo nahitaga nkundana n’ukomoka muri Irelande mu gihe kitarambiranye tugakora imibonano mpuzabitsina.

Mu by’ukuri, icyo nasanze muri uko kuryamana n’abasore batandukanye ni ukuba gukorana imibonano mpuzabitsina n’umusore udasiramuye biryohera bombi kurushaho ariko cyane cyane ku mugore kuko aba yumva amarangamutima menshi, gusa ikibazo kikaba ko umusore arangiza vuba mbere y’umukobwa kuko nawe aba yumva uburyohe buruseho.

Ku ruhande rwo kuryamana n’umusore usiramuye, biba byiza kurushaho kuko igikorwa kimara umwanya munini ariko nta buryohe cyane ku ruhande rwe ku buryo ashobora no kurambirwa bityo ugasanga bibangamye ku ruhande rumwe.

Uretse kugendera kuri ubu buhamya, Umuryango w’Abibumbye, ishami ryita ku buzima ritangaza ko kwisiramuza bigabanya amahirwe yo kwandura virusi itera SIDA bityo ikaba inakangurira abantu kwisiramuza batagendeye ku kuba biryoshya imibonano mpuzabitsina gusa ahubwo banagendeye kuri ayo mahirwe.

Ibitekerezo

  • muri abanswa cyane !!

    Andika Igitekerezo Hano muzamuze nawe tuganire

    Andika Igitekerezo Hano muzamuze nawe tuganire

    fake rwose
    fake , nuwo mukobwa ntabyo azi kuko nurutoki ubwarwo bwamurtongora akanezerwa

    ntaburyohe bwumugabo udasiramuye puuuu,umwanda,
    ahubwo umugabo usiramuye arongora neza cyane kandi mwese mukaryoherwa naho udasiramuye cya gihu kurabangamirana pe,ahubwo abakobwa tujye dushishikariza abasore cg abagabo duhura nabo badasiramuye kwisiramuza,numwanda cyane

    udasiramuye niwe mwiza kuko cya gihu kibika ububobere nanjye niwe nkunda

    uwo mukobwa nacyijye nda cye umusore usiramuye araryoha peeeeee

    uwo mukobwa nacyijye nda cye umusore usiramuye araryoha peeeeee

    uwo mukobwa nacyijye nda cye umusore usiramuye araryoha peeeeee

    Umva igitsina gisiramuye kiraryoshya cyane haba kumuhungu ndetse numukobwa bose bari kurongorana kuko igitsina gisiramuye kinyerera neza mu gitsina cyumugore bityo akaba yanahora agikumbuye kubera uburyohe bwacyo.

    @ NIRERE ALICE: Ngo ntaburyohe bwumugabo udasiramuye ,umwanda? Ushaka kuvuga ko hari igice cy’umubiri Imana yaremye ngo ni umwanda? Isuku ni ukuyigira nta bwo ari ugukata ibice by’umubiri. Ese ye, icyoroshye gukorerwa isuku hagati y’igitsina cy’umugabo n’icy’umugore ni ikihe? Mwihaye gushyira abagabo ku nkeke n’inkubiri ngo bisiramuze. Kuki wumva ko umugabo ari we ugomba guhindurwa uko yavutse hanyuma umukobwa yakatwa igice cy’umubiri bikitwa ihohoterwa? Kwisiramuza ni ubwende bw’umuntu, abagabo bose bavuka kuriya (abenshi ku isi ntibasiramurwa), ntibakeneye guhindura nature bibagisha umubiri udafite ikibazo.

    Ahantu hose hadakorewe isuku ntihaburra kugira indwara. Dukure amenyo ngo tutazarwara indwara z’amenyo? Dukate imoko cg ibere ngo tutazarwara cancer y’ibere?
    Kwirinda indwara nyine ni ukwirinda ibizitera. Kwifata, ubudahemuka cg agakingirizo. Gukata ibice by’umubiri.

    Kwisiramuza Nivyiza Cne

    Uwifuza usiramuye kdi ufite gahinda yanyandikira kuri Email. [email protected]. NB:NDI SERIE CYANE RWOSE GUSA AMFAKUBA ARENGEJE 25 YUBUKURE KUKO NANGE MFITE 25. UFITE GAHUNDA ANYANDIKIRE. THX

    abatazi uburyohe bwo kwisiramuza barasigaye.

    kwisiramuza nibyiza

    kwisiramuza nibyiza

    kwisiramuza ntakindi bimaze usibye isuku gusa uburyohe wapi

    Nje ndi Docteur mubyimyororokere twasanze kwisaramuza arisukugusa naho udasalamuwe afite amahirwe yokubayageza mumyaka 60 agitera akabariro
    Iyo dukuyeho ruraruhu rutwikiriye igitsina gabo imbaraga zakigabo zibaga zigabanijwe mwibanga akazahura nazo mumyaka45
    Impanvunuko kumunwa wigitsina niho huriro dyimitsi ivuye mumbwonko itera sentiment zogushuha
    Iyozichiwe zibazikomwe munkokora amaraso ntagere kupfundo

    Mwabyishimira arikobifite ingaruka zabyo
    Mwibukeko hariho nabasalamurwa bagakonjerako babangirije ibaze arumugabowawe chagwa umwanawawe

    Ikindi utarasalamuwe nibo babyara abana bafite uburanga ngusubya abasalamuwe .

    Usibye isuku idafashe abantubashakira mugykebimibiri ahubwobazimara nonese natwi tiyakebekwajabikumwanda? Mukwahase bibute?

    Abatiyogoshabose bazashirwahe nawe ibaze .

    Nabakobwa Baremeza Kusore Asiramuye Abikoraneza GT NAwemusorewobipinga Canke Uratinya Genda Bagukureko Ubucafu

    NANJ NDUMUSORE WIMYAKA 20MAZE KURYAMANA NABAKOBWA2 TWENDANA GUSA NASANZE NTARYOHEWE KUMWE NONESEGA VYOBA VYAVUYE KUK?

    Imboro zose zirasa biterwa nurongora ubuhanga afise

    Kwishimisha mu busambanyi ni icyaha gikomeye,kubera ko Imana yaduhaye ibitsina idusaba kuryamana gusa n’umuntu umwe twashakanye mu mategeko.Millions and millions z’abantu basambana,ntabwo bemera ko ari icyaha kizatuma babura ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje ivugwa muli 2 Petero 3:13.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.

    Ntababeshye imboro isiramuye iraryoha pe.

    NANJYE NDASILAMUWE

    UBUSOBANURO SHAKA KUMENYA NI UBWOKO BWA MBERE BURYOHA BWIMBOLO

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa