skol
fortebet

Umusore ushinja umukobwa kumwanduza Sida yihimuye ashyira ubwambure bwe hanze

Yanditswe: Thursday 30, Apr 2020

Sponsored Ad

skol

Ku rukuta rwa facebook ku munsi wejo tariki ya 28 Mata, umusore witwa Enoch yagaragaye ashinja umukobwa witwa Gloria kuba yaramwanduje agakoko gatera HIV/ SIDA, akamushinja kuba atarabimubwiye mbere yuko bakora imibonano mpuzabitsinda ngo abe yarakoresheje agakingirizo. ari nako ashyira hanze ubwambure bwe.

Sponsored Ad

Nkuko byagaragaye mu butumwa bugufi bwo kuri whatsapp aba bombi bandikiranaga mbere yuko uyu musore afata ikemezo cyo gushyira hanze amafoto y’uyu mukobwa ashinja kumwanduza sida, uyu mukobwa uvugwa, wabonaga adatewe ubwoba nibyo uyu musore yamubwiraga ko agiye kumushyira ku karubanda, ko agiye kubwira abantu ko abana n’agakoko gatera sida ko ari kugakwirakwiza no mu bandi.

Turebye bimwe mubyo bavuganye, uyu muhungu yamwandikiye ubutumwa amubwira ko atazamubabarira kubyo yamukoreye, ko ari umugome, ko ibyo yamukoreye agiye kubitangariza isi yose ikabimenya, ko uyu mukobwa abana n’urwandu bwa sida. Yakomeje avuga ko ari nayo mpamvu uriya mukobwa yamublotse kuri facebook.

Ati Wa mugome we ngiye kugutamaza n’Imana izaguhana izakujugunya mu muriro waka.

Uyu mukobwa mukumusubiza, yamweretse ko adatewe ubwoba nta buke bw’ibyo ashaka kumukorera, ati

kora ibibi byawe ushaka, ntago ntewe ubwoba nawe.

Yakomeje amubwira ko ari no gutakaza umwanya we yemera ko bandikirana, ko abahungu ari nk’ibigoryi ko baba batekereza ko bashobora kwifatira umukobwa wese bifuje barangiza kumukora ibyo bashaka bakamujugunya.

Ibindi umusore yamubwiye harimo ko yamubajije niba yarabizi neza ko abana n’ubwandu kuki yanze kubimubwira mbere wenda ngo abashe kwikingira, ati “nta mutima wa kimuntu ugira.”

Umukobwa amusubiza,yamubwiye ko na we yari umukobwa wagiraga umutima wa kimuntu nk’abandi ,ahubwo ko ari isi na we yamuhinduye ko umuhungu wamwanduje na we atigeze abimubwira ko yari yaranduye. Ati

Na we yankoreye ubugome none ubu nange ndiguhangana na SIDA yanyanduje, rero winyita umugome. Kuri ibyo sinabona ubusobanuro nkuha.

Agira inama abosore bagenzi be, Enoch yababwiye ko bagomba kwitondera aba bakobwa b’iyi minsi ko bakomeje kubatega ibintu bibi mu nzira bacamo ati

Muge mukoresha agakingirizo cyangwa mukomeze kwifata mureke umwanda w’iyi mibonano mpuzabitsina.



Ibitekerezo

  • Ariko uriya mukobwa ararengana.Iyo umuhungu yubahiriza itegeko ry’Imana ritubuza GUSAMBANA,ntacyo yari kuba.Ubusambanyi butera ibibazo byinshi cyane.Ubusambanyi,nubwo bukorwa na millions and millions z’abantu mu rwego rwo kwishimisha,butera ibibazo byinshi bikomeye : Gufungwa,Ubwicanyi,Kurwana,Inda zitateganyijwe,Sida,kwiyahura,gukuramo inda,guhotora cyangwa kujugunya umwana wabyaye,gusenya ingo ku bashakanye,etc…Si ibyo gusa,kubera ko bizabuza abikora kubona ubuzima bw’iteka muli paradizo.Ibibazo byinshi isi ifite biterwa nuko abantu batuye isi basuzugura Imana.Niyo mpamvu nayo yashyizeho umunsi w’imperuka,kugirango izabakure mu isi,isigaze abayumvira gusa.Byisomere muli Imigani 2:21,22.Mwibuke ko ku gihe cya Nowa Imana nabwo yarimbuye millions nyinshi z’abantu bose bali batuye isi,hakarokoka gusa abantu 8 bumviraga Imana.Ni Yesu ubwe wahamije iyo nkuru,hanyuma avuga ko ariko bizagenda nagaruka ku munsi w’imperuka.Nabwo hazarokoka abantu bake cyane nkuko byagenze igihe cya Nowa.

    yagiyeyo ayobewe KO sid

    a ibaho??

    Inama nabaha nuko bajya kwamuganga bagagafata imiti igabanya ubukana bwa sida.

    Ikibazo cy’ama infections Ku gitsinagore, ni ikibazo gihangayikishije ababyeyi n’abakobwa benshi, aho usanga bamwe barabuze urubyaro, abandi barabuze imihango cyangwa ikaza nabi, abazana ibintu by’umweru mu gitsina cyangwa impumuro mbi, hari nabo usanga nta bushake bagira cyangwa barabuze amavangingo mu gihe cy’imibonano.

    Gusa ibi biravurwa bigakira iyo ukoresheje CHLOROPHYLL,HERBAL MAHARANI, FATIMA na FEMININE WASH.

    Inyungu zo gukoresha maharani, fatima na Feminine wash:

    ✅ Byongera amavangingo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, ubushake n’ububobere.

    ✅Birinda kugira mu nda hanini (gutendera) bikanabikuraho burundu.

    ✅ Ikuraho infection urinaire cyangwa vaginale izo arizo zose kabone niyo waba warazivuje zaranze gukira.

    ✅ Ikuraho burundu kubabara mu gihe cy’imihango, kubabara umugongo, ndetse ituma imihango isubira kuri gahunda.

    ✅Ituma wisubiranya vuba umaze kubyara.

    ✅ Isubiza imihango kuri gahunda kandi igatuma ubona imihango niyo waba umaze imyaka utayibona cyangwa utarayibona na rimwe.

    ✅ ikuraho ingaruka zose ziterwa na onapo.

    ✅Ituma ugira uruhu rwiza.
    9. abantu bazana imihango yavuze irabicagagura ikaza neza.

    ✅ Iringaniza imisemburo yose y’abadamu n’abakobwa ijyanye n’imyororokere.

    ✅ikuraho ingaruka zose zo gucura.

    ✅Ikura imyanda yose ndetse na infection mu myanya myibarukiro.

    ✅ Yongera ubushake mu kubonana n’umugabo.

    ✅ Ivura ibibyimba byo muri nyababyeyi bikagenda burundu batiriwe bakubaga.

    ✅ ivura kubyimbagatana kwa hato na hato.

    Turabamenyesha ko turi muri promotion izamara iminsi 15 aho iyo uguze umuti umwe ukaturirwa 30 %, rero ntimucikwe.

    Dukorera mu mujyi wa Kigali Mu gakinjiro ka Nyarugenge, dukorera kandi Huye, Musanze na Rubavu.

    *NB: free delivery everywhere in Rwanda*

    Dufite ibyangombwa duhabwa na FDA, MINISANTE, bitwemerera kohereza produits zacu muri: USA, Germany, Belgique,china, kenya....n’andi hose kwisi*

    Mutugane tubahe services nziza cyane.....

    Ku bindi bisobanuro naho mwayikura mwahamagara cyangwa mukwatwandikira kuri WhatsApp:
    +250 781148024

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa