skol
fortebet

RDC: ikiciro cya 2 cy’amatora gisize Kivu y’Amajyepfo ibonye Guverineri mushya

Yanditswe: Friday 03, May 2024

featured-image

Sponsored Ad

Nyuma y’uko muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo habaye icyiciro cya Kabiri cy’amatora yo gushaka abayobozi b’intara, kuri ubu Kivu y’Amajyepfo yo yamaze kubona umuyobozi.

Sponsored Ad

Uwatsindiye kuyobora iyi Ntara yitwa Professeur Jean Jaques Perusi, ariko bikaba bikiri iby’agateganyo, akaba yungirijwe na Maître Elekano Jean Jaques.

Jean Jacques Perusi yasimbuye Théo Kasi Ngwabidje, wari umaze igihe kirekire ari umuyobozi wa Kivu y’Amajyepfo.

Mu majwi 48 y’abadepite batoye, Jean Jacques yabonye agera kuri 27 mu gihe uwamwungirije yagize amajwi 21 gusa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa