skol
fortebet

AGASHYA: Basezeranye bambaye ubusa ubukwe bwabo bucisha kuri televiziyo imbonankubone-AMAFOTO

Yanditswe: Wednesday 14, Feb 2018

Sponsored Ad

Kuri uyu wa Gatatu Tariki ya 14 Gashyantare ni umunsi wahariwe abakundanye witiriwe mutagatifu Valentin, ku itariki nk’iyi nibwo benshi mu bakundana bazanirana indabo nk’ikimenyetso cy’urukundo, impano zitandukanye, bagasohokana yemwe n’abandi bagasezerana bibaye ngombwa.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu nibwo habaye igisa nk’agashya ubwo umugabo witwa Dominic Lever na Jess Shears bo mu gihugu cy’ubwongereza basezera bambaye imyenda yo kogana izwi nka “Bikini” ibintu byatangaje benshi bigatuma (...)

Sponsored Ad

Kuri uyu wa Gatatu Tariki ya 14 Gashyantare ni umunsi wahariwe abakundanye witiriwe mutagatifu Valentin, ku itariki nk’iyi nibwo benshi mu bakundana bazanirana indabo nk’ikimenyetso cy’urukundo, impano zitandukanye, bagasohokana yemwe n’abandi bagasezerana bibaye ngombwa.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu nibwo habaye igisa nk’agashya ubwo umugabo witwa Dominic Lever na Jess Shears bo mu gihugu cy’ubwongereza basezera bambaye imyenda yo kogana izwi nka “Bikini” ibintu byatangaje benshi bigatuma ubu bukwe bwabo buhita bucishwa kuri Televiziyo imwe yo mu Bwongereza imbonankubone(Live).
REBA AMAFOTO




Basezeranyijwe n’umuyamakuru wa Televiziyo



Ibitekerezo

  • Babandi batemera ko turi mu minsi y’imperuka,ndakeka ko noneho babyemera.Mwibaze ukuntu ibinyamakuru bihora bitwereka abantu bambaye ubusa mu ruhame,ukabona ntacyo bibabwiye.Byabaye "ishema" (pride).Ntimukibeshye.Imana yashyizeho umunsi w’imperuka (ibyakozwe 17:31),kugirango izakureho abantu bose bakora ibyo itubuza.Nkuko yabigenje ku gihe cya NOWA,ubwo yicaga abantu bose bali batuye isi bangaga kuyumvira,hagasigara abantu 8 gusa.Ni Yesu ubwe wabivuze muli Matayo 24:37-39.Impamvu imana izabikora kandi ni vuba,nuko isi yabaye nabi.Abantu banga kumvira imana,bakicana,bakarwana,bagacurana,bagasambana,amanyanga,etc...Nihasigara abantu bumvira imana gusa,isi izagira amahoro,n’imana yishime ko hasigaye gusa abantu bayumvira.That is the "Raison d’etre" of the Last Day.Ngiyo impamvu imana yashyizeho Umunsi w’Imperuka.Wabyemera utabyemera.
    Imana ibahe ubuzima bw’iteka,be kongera kurwara,gusaza cyangwa gupfa (Ibyahishuwe 21:4).

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa