Amafoto yavugishije abantu kuri uyu munsi wa St. Valentine
Yanditswe: Wednesday 14, Feb 2018
Kuri uyu wa Gatatu Tariki ya 14 Gashyantare ni umunsi wahariwe abakundanye witiriwe mutagatifu Valentin, ku itariki nk’iyi nibwo benshi mu bakundana bazanirana indabo nk’ikimenyetso cy’urukundo, impano zitandukanye, bagasohokana yemwe n’abandi bagasezerana bibaye ngombwa.
DORE AMAFOTO ATANGAJE YARANZE UYU MUNSI Basezeranye bambaye ubusa
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu nibwo habyutse hacicikanya amafoto agaragaza amarira y’urukumbuzi yaranze Umutoni Belise n’impanga ye Uwonkunda Belinda (...)
Kuri uyu wa Gatatu Tariki ya 14 Gashyantare ni umunsi wahariwe abakundanye witiriwe mutagatifu Valentin, ku itariki nk’iyi nibwo benshi mu bakundana bazanirana indabo nk’ikimenyetso cy’urukundo, impano zitandukanye, bagasohokana yemwe n’abandi bagasezerana bibaye ngombwa.
DORE AMAFOTO ATANGAJE YARANZE UYU MUNSI
Basezeranye bambaye ubusa
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu nibwo habyutse hacicikanya amafoto agaragaza amarira y’urukumbuzi yaranze Umutoni Belise n’impanga ye Uwonkunda Belinda ubwo Umutoni Belise yajyaga gusura umuvandimwe we I Nyamata aho bari mu mwiherero n’abandi bakobwa 20. Izi mpanga zose zitabiriye irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2018 gusa Umutoni Belise ntiyaza kubona amahirwe yo gukomeza mu kindi cyiciro.
Ubwo yajyaga gusura umuvandimwe we amasoza(amarira y’urukumbuzi) bose yababunze mu maso maze bararira.
DORE ANDI MAFOTO YAVUGISHIJE ABATARI BACYE
Ifoto ya Dj Pius ya cyera yatangaje abantu bibaza uburyo yahindutse
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *